Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli
Umwaka umwe gusa Perezida wa Tanzania John Magufuli ahagaritse ingendo z’abayobozi bakuru, iki gihugu cyatangaje ko kimaze kunguka amadorali agera ku...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, muri Leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye muri muzika bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 59....
Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, nibwo muri leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye bya Grammy Awards aho umuhanzikazi Adele yihariye ibikombe,...
Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
Michael Flynn yeguye ku wa Mbere
Ishyaka ry’Aba- républicain riri ku butegetsi muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ryashyigikiye ko Michael Flynn wahoze ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano,...
OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze ibimenyetso
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Mombasa yarekuye abantu batatu bari...
Umuhuza mu biganiro bigamije gushakiro umuti ibibazo bya politiki biri mu Burundi Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa leta ya Tanzania yatangaje ko ashaka inama yihutirwa y’abakuru b’ibihugu byo...
Mbabazi Egide uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usanzwe ari umukunzi wa Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012 byeruye, yamushimiye ineza n’umurava yamutoje...
Umunya- Politiki, Geert Wilders, uri kwiyamamariza kuba Minisitiri w’Intebe mu gihugu cy’Ubuholandi yamaze gutangaza ko azaca burundu Idini ya Islam ndetse n’igitabo gitagatifu cya Korowani....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye ingabo z’u Rwanda zo mu cyiciro cy’abofisiye barangije amahugurwa abashyira muri icyo cyiciro gukomera ku busubire bw’igihugu cyabujijwe kuva kera ndetse...
Gen. Edward Katumba Wamala wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yagizwe umunyamabanga wa leta muri minisitiri w’umurimo no gutwara ibintu n’abantu. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki...
Abanya Afurika y’ Epfo bo mu mujyi wa Pretoria mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo bakoreye imyigaragambyo yo kwamagana abimukira bari muri icyo gihugu imbere ya Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu...
Mu gihugu cy’ u Bufaransa abakunzi ba Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika badashyigikiye Abahatanira kuyobora icyo gihugu mu matora ateganyijwe muri uyu mwaka wa 2017...
Abapfumu baturutse hirya no hino ku Isi, ku wa Gatanu bahuriye mu mujyi wa New York, imbere y’inyubako ‘Trump Tower’ ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu muhango wo kumuroga...
Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012, yasabye Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Elsa watowe gukora ibirenze ibyo abandi ba Nyampinga bamubanjirije bakoze mu gihe...
Indege ya Sosiyete y’ u Bwongereza British Airways yagombaga guhaguruka muri icyo gihugu yerekeza mu mujyi wa San Francisco mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yasubitse urugendo bitewe n’...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe wizihije isabukuru y’ imyaka 93, mu kwezi gushize kwa Gashyantare yanjyanywe kuvurirwa mu gihugu cya Singapore
Umuvugizi wa Perezida Mugabe witwa...
Ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye hafungiwe abantu batatu bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabwe kugaragaza ibimenyetso ku byo ashinja uwo yasimbuye Barack Obama byo kumwumviriza kuri telefone.
Umusenateri ukomoka mu ishyaka...
Perezida Kagame atanga ikiganiro mu Kigo cya Politiki cya Kaminuza ya Harvard ku wa 26 Gashyantare 2016
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame biteganyijwe ko muri iki cyumweru azerekeza muri Leta...