Magingo aya, Leta ya New York, irusha ubwandu bwa Coronavirus igihugu icyo aricyo cyose ku Isi, kuko ifite abantu 161 807 bamaze kwandura mu gihe Espagne ikurikiye Amerika mu kugira ubwandu ifite...
Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoza, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abantu 1344 bapfuye bishwe na Coronavirus kuri uyu munsi umwe gusa, ni nyuma y’uko undi munsi iki cyorezo cyahitanye benshi...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko "igihe kigeze cyo gucyura abantu bacu" nyuma yaho Amerika n’Abatalibani ejo bashyize umukono ku masezerano agamije kugarura amahoro...
Ayanna Pressley umudepite mu nteko ishinga amategeko ya leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko nta musatsi na mucye agira ku mutwe kubera uburwayi buwuvanaho bwitwa...
Abasirikare babiri ba Leta zunze ubumwe z’Amerika baraye biciwe ku rugamba rwo muri Afghanistan ku musi wa mbere, nkuko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’ibihugu byo mu burengeraziba bw’isi byiyemeje...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kivuga ko kigiye kohereza abandi basirikare 1000 mu burasirazuba bwo hagati mu gihe ubushyamirane na Irani...
Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Shawn Corey Carter wamamaye ku izina rya Jay-Z mu ruhando rwa muzika, yabaye umuraperi wa Mbere ugerageze gutunga umutungo ufite agaciro ka...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyafashe umwanzuro wo gukuba inshuro zirenze ebyiri imisoro ku bicuruzwa by’agaciro ka miliyari 200 z’amadolari biva mu...
Pasiteri Hakizimana Steven uherutse gutandukana na Kwizera Marie Claire wari umugore we yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho agiye kuba nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo kubayo binyuze...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yasabye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika kureka inkiko z’u Rwanda zigakorera mu bwisanzure mu rubanza rwa Diane...
Ibiro by’ iperereza bya Leta zunze ubumwe za Amerika FBI byasatse urugo rw’ uwahoze akora mu kigo gikorera mu gisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika kimusangana amafoto y’ ibitsina bya abagabo...
Barack Obama umwirabura wa mbere yabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Bush yari umuntu ukunda igihugu, avuga ko yifatanije mu kababaro n’ umuryango we anongeraho ko imitima y’...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 imwe mu nkuru zavunzwe mu binyamakuru byinshi ku Isi ni ubwegure bwa Nikki Haley wari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’ Abibumbye...
Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza yasabye k’umugaragaro Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May, gushigikira Prezida Trump nawe akava mu masezerano yo kugabanyiriza ibihano Irani nayo...
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihugu cya Cambodge yamaganye amagambo aherutse kuvugwa na Minisitiri w’Intebe Hun Sen ashinja Amerika gushaka guhirika ubutegetsi buriho muri icyo...
Nubwo akiri muto umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul akomeje kwigaragaza cyane mu marushanwa Team Rwanda yatumiwemo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho muri Colorado Classic yatangiye mu ijoro ryo...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika iraburira abaturage bayo kwirinda kujya muri Kenya muri iki gihe, cyane cyane mu bice byegereye umupaka na Somaliya.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi...
Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika yavuze ko Koreya ya Ruguru atari umwanzi wayo ndetse ivuga ko idafite umugambi wo guhindura ubutegetsi bw’ iki gihugu cyamamaye kubera gukora intwaro...
Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...
Igihugu cy’ Uburusiya kiratangaza ko kigiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika , kandi ko Leta zunze Ubumwe za Amerika arizo zizahatesekarira
Ibi bitangajwe nyuma y’ aho ku munsi w’ ejo...
Abasirikare ba Amerika bishe abantu 11 bo mu mutwe wa al-Qaeda barimo uwakoranye bya hafi na Osama Bin Laden. Biciwe mu bitero bibiri by’ indege bagabweho n’ igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’...
Kaminuza ya PUST
Kaminuza y’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga y’ I Pyongyang, umurwa mukuru wa Koreya ya Ruguru PUST yatangaje ko Umunyamerika Kim Sang-duk, ufite akabyiniriro Tony Kim yatawe muri...