Abagabo 2 bari mu ndege ya Southwest Airlines yagombaga kuva Dallas yerekeza Los Angelesku i taliki ya 02 Werurwe,we uyu mwaka, bateranye amakofe maze abagenzi bose batangira gushyamirana kubera...
Apostle Rwandamura Charles, R. Pastor Nyamurangwa Fred, Bishop Rugagi Innocent, Rev Ntambara Emmanuel, Pastor Dura James na Pastor Kalisa Shyaka Emmanuel batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu...
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gashyantare, 2018 ni bwo hashyinguwe imirambo umunani y’impunzi z’Abanyekongo zaguye mu myigaragambyo yabaye ku wa Kane w’iki cyumweru, bashyinguwe mu Murenge wa...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) rirahamagarira impunzi z’abanyekongo zigaragambije mu nkambi ya Kiziba kugarura ituze no kugaragaza ikibazo kizugarije mu nzira z’ibiganiro ....
Umuturage wa Uganda yandikiye urukiko rukuru rwa Kampala arugaragariza inenge yo kuba imfungwa n’ abagororwa ndetse n’ Abanya Uganda baba mu muhanga Komisiyo y’ amatora ibaheza mu bikorwa by’...
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Perezida Jacob Zuma atangaje ko yeguye ku buyobozi bw’igihugu cya Afurika y’Epfo yari amazeho imyaka 9, ntiyari agikenewe na Sisoyite...
Prof. Silas Lwakabamba wari Umuyobozi wa INATEK wigeze no kuba umuyobozi w’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda akaba na Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwaremezo, yashyizwe mu rwego Ngishwanama mu...
Umubyeyi w’umukuru w’igihugu wa mbere watowe n’abaturage mu Burundi yashinguwe kuri yu wa Kane tariki ya 01 Gashyantare, 2018. Umuhango wo kumuhereza bwa nyuma uwo mubyeyi uka wanitabiriwe n’umukuru...
Umuryango w’Abibumbye (UN) yemeje ko tariki 7 Mata izajya izirikana Umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (International Day of Reflection of the 1994 Genocide...
Umubano ushingiye kuri za ambasade hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ubwambi bw’Ububirigi uragenda umera nabi uko bwije n’uko bukeye.
Leta ya Congo yasabye Ububirigi gufunga...
Guverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda ushinzwe igenamibambi n’ ubutegetsi nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko amagambo yagiye ahabona avuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...