Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Imikino ya nyuma y’amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup izakinwa mu mpera z’iki cyumweru kuva tariki ya 4-5 Gicurasi 2024 ku bibuga byo mu Karere ka Rubavu mu gihe Akarere ka Musanze kazakira imikino...
Depite Kamanzi Ernest wari mu Nteko Ishinga Amategeko nk’uhagarariye Urubyiruko nawe yeguye ku mwanya we,aba Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.
Visi...
Inzego z’Umutekano mu Buholandi zemeje ko zataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa ukurikiranywehoibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi kubera uruhare yagize mu bwicanyi bwabereye i Bibungo...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Umukinnyi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Ishimwe Patrick,wakiniraga ikipe ya Cine Elmay,yahitanwe n’impanuka kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari mu myitozo mu karere ka Kamonyi.
Mu butumwa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki Cyumweru, abantu batatu bahitanywe na COVID-19 mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 382.Abahitanwe n’iki cyorezo n’abagore...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki 20 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bashya 71 banduye icyorezo cya COVID-19, bituma abamaze kwandura mu Rwanda bose...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
RIB itangaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020, yafunze abanyamabanga nshingwabikorwa 2 bo mu mirenge ya Sovu na Kavumu mu karere ka Ngororero, ndetse n’umucungamari w’Umurenge wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Ukwakira 2020,Polisi y’igihugu yerekanye abasore 8 muri 14 bakurikiranyweho ubujura bakoreye kuri za sitasiyo zicuruza ibikomoka kuri...
Ku mugoroba w’ejo hashize ni bwo ku mbuga nkorangambaga hakwirakwiye ubutumwa bubika umunyamakuru Gerard Mbabazi umunyamakuru wa Magic FM, bwavugaga ko yagonzwe n’ikamyo agahita...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Umunyeshuri witwa Bizimana Pierre wari urangije muri Kaminuza y’ u Rwanda mu ishami rya Huye mu bijyanye na Finance yitabye Imana avuye gufata ikanzu yo kwambara mu birori byo kurangiza amasomo ya...
Umugabo witwa Damascene w’imyaka 25 ukomoka mu mudugudu wa Ruyenzi, Akagari ka Nzove Umurenge wa Kanyinya muri Nyarugenge yaburiwe irengero nyuma yo gutwika umugore we n’icyuma gishyushye ahantu...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Back yasezeranye imbere y’amategeko y’u Rwanda n’umukunzi mushya,Uwase Liliane bamaranye imyaka ibiri mu rukundo.
Ni mu muhango wabereye mu...
Abana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Umukozi wo mu rugo wakoraga mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wafatiwe kuri Nyabarongo arimo kurohamo abana babiri b’abakobwa yareraga, kuri uyu wa Kane tariki 20...