Abaturage ba Zimbabwe bagejeje igihe cyo gutora bazindukiye mu matora ya perezida - ya mbere abaye atarimo bya hafi Robert Mugabe wategetse iki gihugu mu gihe cy’imyaka...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yaganiriye na mugenzi we wa Vietnam ku mubano w’ibihugu byombi, anakirwa na Perezida w’iki gihugu bavugana kuri kandidatire ye yo...
Emmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23...
Abakandida-Depite b’Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) batangiriye ibikorwa byo kwiyamamariza mu mirenge ibiri yo mu Karere ka...
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza "ubwoba butari ngombwa" nyuma yaho iki gihugu kiburiye ko "hashobora kuba igitero cy’iterabwoba" ku nyubako...
Afurika niwo mugabane afite abakuru b’ ibihugu batinda ku butegetsi ugereranije n’ indi migabane. Ibi ariko ntibivuze ko ku yindi migabane udashobora gusangayo umukuru w’ igihugu utinda ku butegetsi...
Igisasu cyatewe n’abantu bataramenyekana hafi y’aho perezida wa Afuganistan ,Ashraf Ghani,yari ari kwiyamamariza mu matora yo guhatanira kongera kuyobora iki gihugu muri iki gitondo cyo kuri uyu...
Urukiko rwa Afurika y’ Iburasirazuba EACJ rwatesheje agaciro ikirego cyatanzwe kuri manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza w’ u Burundi. Iki kirego cyari cyatanzwe n’ umuryango utari uwa Leta wo muri EAC...
Abanyepolitike bo mu mashyaka atandukanye yo mu Burundi baraye bashyize umukono ku masezerano avuga ko bose biyemeje kuzemera ibizava mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagizwe umwere mu rubanza rujyanye no kumweguza, ibi bishoje icyo gikorwa cyo kugerageza kumweguza cyatumye politike y’Amerika icikamo...
Umunya politike uherutse gutorerwa kuzahagararira ishyaka rya CNDD FDD mu matora ya perezida w’u Burundi ateganyijwe kuwa 20 Gicurasi uyu mwaka yagaragaye kwa muganga ari kwipimisha kugira ng...
Kuri uyu wa kane tariki ya 04/06/2020, Urukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga mu Burundi rwemeje ko ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD rihagarariwe na Gen.Evariste Ndayishimiye...
Kuri iki cyumweru,Ndayishimiye Evariste uherutse gutorerwa kuyobora Uburundi mu matora yo ku wa 20/5/2020,yifatanyije n’abakirisu gatolika bo muri paruwase ya Bugendana mu misa yo ku munsi mukuru...
Kuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Komisiyo y’amatora muri Kiyovu Sports yatangaje ibisabwa kuri buri wese wifuza kwiyamamariza kuba umwe mu bayobozi ba Kiyovu Sports mu matora azaba kuwa 27 Nzeri 2020 birimo ingingo igonga...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nzeri 2020, Urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwateye utwatsi ubusabe bw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicholas Sarkozy, bwo guhagarika iperereza ku mafaranga yahawe...