Kizigenza wa Rayon Sports,Luvumbu Heritier,yari yateye benshi mu bafana b’iyi kipe ubwoba ko atazakina umukino w’ishyiraniro bazahuramo na APR FC ku cyumweru.
Hirya no hino mu Rwanda,abayobozi batandukanye bifatanyije n’ abahinzi mu bo mu Mirenge itandukanye mu gufumbira ibigori hifashishijwe ifumbire ya nkunganire yatanzwe na Leta ku...
Umuhanzi The Ben ari kunengwa na benshi kubera guca ibihumbi 50 FRW abashaka kuzareba ubukwe bwe n’umukunzi we Pamella buzanyura ku rubuga rwabo [website].
Kuryama ugasinzira ni ingenzi cyane kuko ari bimwe mu bitera ubuzima bwiza, abahanga mu by’ubuzima bavuga ko umuntu akeneye byibura amasaha 7 yo gusinzira ku munsi kugira ngo umubiri ube wakora...
Abategura Tour du Rwanda bazanye udushya twinshi mu irushanwa ritaha aho bazanye amakipe menshi akina Tour de France ndetse n’uduce dushyi turimo n’akazagera i Kibeho mu karere ka...
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ukubutse muri Canada, yasesekaye i Kigali atangaza ko abantu bakwiye kwitega igitaramo kizamuhuza na Bruce Melodie kikabera kuri Sitade Amahoro...
Impano ya Kendrick Lamar yavumbuwe afite imyaka 16 ndetse uyu muhanzi wa rap aherutse gushyirwa ku rutonde rw’abahanzi 50 b’ibihe byose ba rap muri Amerika.
Pep Guardiola yemeje ko "azasezera" ku kazi ko gutoza mu gihe Manchester City yasubiramo ibyo yakoze ubushize igatwara ibikombe bitatu mu mwaka umwe w’imikino.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda avuga ko amahirwe ye yo kujya mu Ijuru ari menshi, kuko yabaniye neza Abanya-Uganda by’umwihariko akaba yarabafashe nk’abana...
Guverinoma ya Sudani yamaganye iya Kenya yakiriye mu cyubahiro umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa RSF (Rapid Support Forces), General Hamdan Dagalo uzwi nka...
Abasirikare batatu ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo barenze umupaka baza mu Rwanda, babiri muri bo baje gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu gihe mugenzi wabo wari ufite imbunda yarashwe...
Umupasiteri uheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru,Rev. Dr Antoine Rutayisire yavuze ibintu bibiri wacunga neza bikakurinda ibyago n’imibabaro kuri iyi si birimo kwirinda kuyoborwa n’inda...
“Mujawamahoro Marie Chantal twariganaga, ako kanya bakirasa niwe bahereyeho yahise apfa we” – Angelique Nkunduwera yerekana ifoto ya Marie Chantal ku gicumbi cy’intwari i Nyange mu burengerazuba....
Itamar Einhorn wa Israel Premier -Tech yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2024,nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 17 n’amasegonda 31 ku ntera y’ibilometero...
Umunya-Israel Itamar Einhorn w’imyaka 27,ukinira ikipe ya Israel Premier -Tech yatwaye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda 2024 (Rukomo -Gicumbi: 158 Km),akoresheje akoresheje...
Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski ukinira May Stars yo mu Rwanda yakuwe muri Tour du Rwanda2024, hakinwa Agace ka Rukomo-Kayonza nyuma yo gufata ku...
Mu gihe ikataje mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka,ikipe ya Arsenal iri kuvugwa cyane ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi kurusha...