Umuhanzi Mpuzamahanga Mohombi Nzasi Moupondo uzwi nka Mohombi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari mu Rwanda aho yitabiriye imikino ya Shampiyona Nyafurika ya Basketbal izatangira...
Ingabo za Ethiopia zarashe ku bakozi b’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ndetse zirabafunga, nyuma yuko batwaye imodoka bakarenga kuri za bariyeri (barrières) muri leta ya Tigray iberamo imirwano,...
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Haiti zirashinjwa kuba zarasambanyije abagore n’abana b’abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure zikanabatera inda...
Ibiro ntaramakuru, AFP byatangaje ko hari raporo ya ONU ikigizwe ibanga ivuga ko igisirikare cy’u Rwanda cyateye igisasu cya misile mu burasirazuba bwa...
Umuryango w’Abibumbye, kuri uyu wa Mbere, wavuze ko ihohoterwa n’amakimbirane akabije byatumye umubare w’abahunga bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ugera kuri miliyoni...
Umuryango w’Abibumbye ku wa Gatatu watangaje ko wafatiye ibihano abayobozi bakuru b’imitwe ya M23 na FDLR ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (PAM) ryatangaje ko inyeshyamba za TPLF zirwanira mu Majyaruguru ya Ethiopia, zibye litiro 570,000 z’ibikomoka kuri peteroli byagombaga kwifashishwa...
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, MONUSCO, bwemeje ko abantu bane bapfuye bishwe n’amashanyarazi (umuyagankuba mu Kirundi) mu mujyi...
Intumwa y’Umunyamabanga wa ONU muri DR Congo, Bintou Keita, yavuze ko igisubizo cya gisirikare ku bushotoranyi bwose bwa M23 ari imwe mu nzira yo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23 burundu.
Mu...
Kuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo...
Ubushyamirane hagati y’Amerika n’Ubushinwa bwigaragaje mu nama rusange ngaruka mwaka y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ibera i New York, Perezida Donald Trump ashinja ubushinwa gukwirakwiza...
Perezida Donald Trump yandikiye ibaruwa ukuriye ishami rya ONU rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO amumenyesha ko Amerika ishobora guhagarika burundui inkunga yayo kubera...
Ishyirahamwe ry’umuryango mpuzamahanga ONU ritangaza ko abantu bagera kuri 700 aribo bamaze gusiga ubuzima mu mirwano ikomeje gukaza umurego hagati y’ubwoko bw’aba Lendu n’aba Hema bo muri Ituri muri...
Ku wa 24 Ukwakira uyu mwaka, Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakorera mu Ntara ya Malakal mu rwego rwo...
Umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres n’umukuru wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, batangaje ko bari gukurikiranira hafi ibibera muri Kenya, ahagiye kubera matora...
Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al Hussein, yatangaje kur’uyu wa gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru i Geneve mu Busuwisi ko itangazamakuru ryo muri...
Umunyamabanga Mukuru wa Umuryango w’ Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko adashyigikiye Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza ku cyifuzo cyo kwiyamamariza manda ya kane, avuga ko yagira ingaruka...