Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...
Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa...
Uyu munsi i Paris, Perezida Kagame yifatanije n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma baturutse muri Afurika ndetse n’abayobozi b’ibigo by’imari mu nama mpuzamahanga kuri Sudani. Perezida Kagame kandi...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atigeze na rimwe yandika asaba kuba perezida ahubwo yakoze ibyo asabwa mu kubohora u Rwanda bikamuhesha uwo...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yihanganishije Abarundi batakaje perezida wabo Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 abayobora kuva mu mwaka wa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Perezida Dr John Pombe Magufuli n’abanya Tanzania bose nyuma y’uko atabarutse azize indwara...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yamaze kwemeza ko azaba ari mu Rwanda mu irahira rya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 2017-24.
Mu mpera...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Hashize amasaha make Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, ageze mu Rwanda aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruri busige anagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Perezida Umaro Sissoco...
Perezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tanzania kubera ibyago cyagize byo gupfusha uwahoze ari Perezida wacyo Benjamin William Mkapa ku munsi w’ejo tariki ya 23 Nyakanga 2020.Yavuze ko urupfu...
Abaturage ba Tanzania baganiriye na BBC bavuze babajwe no kubura ’uwo twari dushingiyeho’ perezida John Pombe Magufuli, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi we abona nta byiza...
Mu muhango w’irahira rya Perezida Felix Tshisekedi riteganijwe kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, ugiye kurahirira kuyobora DRC kunshuro ya kabiri, bamwe mu ba Perezida bamaze gutangaza ko bari...
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Israel kuwa 09 Nyakanga 2017, aho yageze akakirwa na Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki gihugu, Ayoob Kara.
Nyuma yo kumwakira ku kibuga...
Perezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Zambia, Joe Malanji,Kuwa Kane tariki 16 Nyakanga 2020, waje nk’intumwa ya perezida Edgar...