Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kanama 2018 nibwo umuhango nyamukuru wo gutoranya umukobwa uzahagararira abandi nka Nyampinga wa Uganda washyizweho akadomo usiga Quiin Abenakyo ariwe...
The American actor Steven Seagal, who has been a Russian national since 2016, has been appointed emissary of the Russian Ministry of Foreign Affairs to the United States. Steven Seagal will be in...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
Mu mashusho umutwe w’iterabwoba wa ISIS washyize hanze,watangaje ko witeguye guca umutwe ibihangange mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ubwo bazaba bari mu gikombe...
Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
Vladimir Putin arahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora ya Perezida w’ Uburusiya ateganyijwe muri Werurwe 2018, bizatuma ahita yinjira mu bakuru b’ ibihugu bayoboye kuva kuri kimwe ¼ cy’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza...
Raporo y’umuryango w’abibumbye yasohotse uyu munsi ivuga kw’ihohoterwa rikabije n’itsikamirwa ry’uburenganzira bwa muntu mu ntara ya Crimea.
Mu mwaka w’2014 ni bwo Uburusiya bwometse intara ya Crimea...
Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo...
Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta zune Ubumwe z’ Amerika yashyizeho Umunyamabanga wa Leta mushya usimbura John Kerry
Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2016 nibwo Rex Tillerson, umucuruzi...
Uburusiya bwunamiye Andrei Karlov wari ambasaderi wabwo mu gihugu cya Turkiya, uherutse kwicwa ubwo yarimo ageza ijambo ku baturage.
Kuri uyu wa 22 Ukuboza nibwo mu mujyi wa Moscou habereye...
Abategetsi b’igihugu cy’Uburusiya bavuze ko iterabwoba bitari mu byaba byateye impanuka y’indege yabo itwara abasirikare. Iyi yahitanye abantu 92 bari muri iyi ndege ntihagira urokoka.
Minisitiri...
Igihugu cy’ Uburusiya kiratangaza ko kigiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika , kandi ko Leta zunze Ubumwe za Amerika arizo zizahatesekarira
Ibi bitangajwe nyuma y’ aho ku munsi w’ ejo...
James Comey, umuyobozi wa FBI
Umuyobozi w’ ibiro bya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bishinzwe ubutasi n’ iperereza FBI, ku nshuro ya Mbere yemeje ko FBI irimo gukora iperereza ku bivugwa ko igihugu...
Raporo yashyizwe ahagaragara n’Urwego Rushinzwe Umutekano imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko abakozi b’Ibiro by’Ubutasi by’u Burusiya binjiye mu ikoranabuhanga ryakoreshejwe mu...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashinje uwo yasimbuye Barack Obama kuba ntacyo yakoze kugira ngo aburizemo ukwivanga k’u Burusiya mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu...