Jean Philbert Nsengimana wahoze ari Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, yagizwe Umujyanama wihariye muri Smart Africa
Smart Africa yashyizweho muri 2016, Umuyobozi mukuru wayo ni Dr....
Abantu bamwe bakomeretse abandi batabwa muri yombi harimwo n’abanyamakuru, mu bari mu myigaragambyo yo kwamagana perezida Joseph Kabila muri Congo Kinshasa.
Imyigaragambyo y’uno munsi ku cyumweru...
Guverineri w’intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianey yafashe umwanzuro wo kwimura abari basanzwe bakorera mu Mirenge izwiho kweza ibirayi mu turere twa Musanze na Burera bakajyanwa...
Umunyamuziki Humble Jizzo uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika yashimye byimazeyo Polisi y’u Rwanda yamufashije kongera kubona ibyuma by’umuziki bye yari yibwe.
Uyu muhanzi ari kumwe...
Amavubi aherereye mu mikino ya CHAN 2018 iri kubera mu gihugu cya Maroc ndetse kuri uyu munsi arakina umukino wa kabiri wo mu itsinda C,urayihuza na Equatorial Guinea nyuma yo kunganya 0-0 na...
Toya Wright wahoze ari umugore w’umuraperi Dwayne Michael Carter Jr benshi bazi nka Lil Wayne yakorewe ibirori byo kwitegura ku kubyara bizwi nka Baby Shower.
Uyu mugore ataratandukana na Lil...
Babinyujije ku mbuga zabo za twitter,abafana ba Real Madrid batangiye kwibasira umusore Cristiano Ronaldo kubera kubura ibitego muri iyi minsi kandi ariwe wari uhetse iyi kipe ndetse bamwe...
Kuri uyu wa gatandatu taliki 13/01/2018 mu murenge wa Muyira hakozwe umuganda udasanzwe wo gusiza ikibanza kizubakwamo urwibutso rw’abazize genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 .
Kugeza...
Inzego z’Umutekano n’abasivile baturutse mu Rwanda na Uganda bari mu mahugurwa y’imikoranire hagati yabo n’abaturage mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
Abasirikare, abapolisi n’abasivile 24...
Umugabo ukomoka muri Nigeria uzwi ku izina rya Rambo yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa n’abaturanyi be ari gusambanya ihene yaburaga iminsi mike ngo ibyare ndetse ahita yirukanwa mu gace...
Sindayigaya Marcellin w’imyaka 37 wo mu murenge wa Shyogwe muri iri joro yatemye umwe mu bantu babiri bari baje gutema ibitoki bye amutsinda aho, undi barikumwe na we arirukanka, Polisi iravuga ko...
Guverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro...
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yashishikarije perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubahiriza amasezerano yo kuva ku butegetsi....
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, Yannick Mukunzi yabwiye amagambo meza umukunzi we barambanye mu rukundo ubwo yamwifurizaga isabukuru y’amavuko.
Uyu mukinnyi w’umuhanga...
Kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza, 2017 mu gihugu cya Uganda habereye amasengesho yamaze umunsi wose asoza umwaka wa 2017 by’umwihariko bibanda ku banyepolitiki batishimiye icyemezo cyafashwe...
Umuririmbyi Sat –B ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ariko ukunze kuza mu Rwanda kenshi, aravuga ko yiteguye gukwa umukobwa wa Gen.Bunyoni ndetse ko icyo byamusaba cyose yiteguye kugitanga.
Uyu...
Nyuma yo kuba igisonga cya mbere cya Miss Africa Calabar 2017 agahembwa miliyoni 8 z’amafaranga y’u Rwanda, umunyarwandakazi Fiona Muthoni Naringwa ni umwe mu bitabiriye ibirori bikomeye...
Ikipe izahagararira u Rwanda muri La Tropicale Amissa Bongo yamaze kumenyekana aho izaba irimo abasore 2 bakomeye nka Valens Ndayisenga na Areruya Joseph uherutse kwegukana Tour du Rwanda....