Kuri uyu wa gatandatu mu nama y’Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida w’Uburundi Petero Nkurunziza hafatiwemo umwanzuro uvuga ko Perezida Nkuruziza abaye Umuyobozi w’Ikirenge w’iri shyaka ndetse nta n’undi...
Umwe mu bakandida bemerewe kuyobora FERWAFA Brig. Gen Jean Damascene Sekamana w’imyaka 60 y’amavuko afite byinshi ahuriyeho na Nzamwita Vincent Degaulle byatumye bamwe mu bakunzi ba ruhago...
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yagiranye umubonano n’ umukuru w’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, Raila Odinga mu biro by’umukuru w’igihugu i Nairobi.
Abo banyepolitike bemeranyije gutangiza...
Abapolisi batandatu batawe muri yombi muri Tanzania bakurikiranyweho iraswa ry’umunyeshuri wa kaminuza kwabereye i Dar es Salaam mu mpera z’icyumweru gishize, hari ku wa Gatanu.
Ababibonye bavuga...
Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Barafindafinda niyo filime ya mbere yakinwemo na Barafina Sekikubo Fred wamamaye mu Rwanda nyuma yo gutanga kandidature ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yabaye muri Kanama 2017 gusa...
Imyaka 17 n’ umunsi 1 ari Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 yatumije abanyamakuru ngo ababwiye uko igihugu gihagaze,...
Repubukila iharanira Demukarasi ya Congo yasohoye za hamagara (convocations) zisaba abayoboke ba kiliziya gatolika bateguye imyigaragambyo isaba Perezida Joseph Kabila kuva ku butegetsi kwitaba...
Abakinnyi 5 bazahagararira igice cy’iburasirazuba n’iburengerazuba mu mikino ya NBA All Stars ikundwa na benshi ku isi bamaze kumenyekana mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.
Stephen Curry na Lebron...
Abangirikani bo mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mutarama 2017 batoreye Dr Laurent Mbanda kuba umuyobozi mukuru wabo.
Dr Mbanda yasimbuye kuri uyu mwanya Archbishop Onesphore Rwaje wagiye...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imigenderanire ya Leta Zunze Ubumwe z’ Amika Rex Tillerson yavuze ko atigeze akekeranya ko prezida Trump yaba adakomeye mu mutwe, inyuma y’igitabo cyanditswe kivuga...
Icyamamare mu mupira w’amaguru George Weah giheruka gutorerwa kuyobora Liberia,cyatumiye umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger kuzaza mu birori byo kurahirira kuyobora iki gihugu nka perezida...
Umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella wavuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Kitoko Bibirwa,yavuze ko nta gahunda yo gukora ubukwe afite bisa n’ibihishura ko baba baratandukanye.
Muri Gashyantare...
Umwanditsi witwa Michael Wolff yasohoye igitabo cyitwa ’Fire and Fury: Inside the Trump White House’ avuga ko perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump n’umugore we Melania Trump badacana...
Umugabo w’ I Kanombe mu karere ka Kicukiro witwa Barafinda Sekikubo Fred wavuzwe cyane mu mwaka 2017 yatangaje ko 2017 ari umwaka atazibagirwa mu buzima bwe ndetse ko atazibagirwa uruhare...
Abasivile 8 bishwe kuri iki cyumweru muri Republika iharanira Demokarasi ya Kongo abandi babarirwa mu ijana barahagarikwa, mu myigaragambyo yateguwe n’Abakatolika batishimiye iguma ku butegetsi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame amaze gutangaza uko igihugu gihagaze kuva uyu mwaka wa 2017 watangira kugeza ku musozo wawo ku isaha ya saa tanu n’iminota 59 mu ijambo ryanyuze kuri...
Umukandida Nzamwita Vincent uzwi nka De Gaulle amaze kwikura mu matora ya FERWAFA habura amasaha make kugira ngo amatora abe.
Nzamwita yatangaje ko yakuyemo kandidatire kubera impamvu ze bwite...
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Esperance FC ikina shampiyona y’icyiciro cya kabiriaho abayobozi bayo bashwanye bari gupfa uzabahagararira mu matora ya perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
George Weah wahoze umukinnyi w’ umupira w’ amaguru niwe watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika ya Liberia atsinze uwahoze ari visi Perezida w’ iki gihugu.
Weah abaye Perezida wa 25 w’ iki...
Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo Kuczynski habuze gato ngo akurwe ku butegetsi ashinjwa n’abatamushyigikiye kurya ruswa.
Abatavuga...