Ahagana mu ma saa tanu zishyira saa sita z’amanywa nibwo umugore bivugwa ko ari umuzunguzayi yagaragaye arambaraye mu muhanda Nyabugogo hafi ya gare.
Ni nyuma yo kugongwa n’imodoka, abari aho...
Umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres n’umukuru wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, batangaje ko bari gukurikiranira hafi ibibera muri Kenya, ahagiye kubera matora...
Burya ngo ntabyera ngo de!!Bamwe mu basore bakora akazi ko kurinda abahanzi bashidikanya ku kinyabapfura cya Jay Polly utaratinyaga kubatukira mu ruhame no kubereka ko bagomba guca bugufi imbere...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari mu gihugu cya Senegal yakiriwe na Perezida wa Macky Sally w’ iki gihugu ku mugorobo wo kuwa 12 Ugushyingo 2017.
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ya kane...
• Amavubi yimuwe mu mugi yagombaga gukiniramo CECAFA 2017
• Amavubi n’andi makipe bahuriye mu itsinda A bavuye mu mugi wa Kisumu berekeza mu witwa Machakos
• U Rwanda nirwo ruzafungura irushanwa...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta kuri uyu wa Gatanu 5, Mutarama 2018, yagize uwari bodyguard we Edward Njoroge Mbugua Umuyobozi mukuru wa polisi wungirije w’ agateganyo .
Bwana Mbugua wigeze...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abapolisi bacunze umutekano mu nkambi ya Kiziba yo mu karere ka Karongi u Rwanda rucumbikiyemo impunzi zaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo impunzi...
Hari igishyika cyinshi mu cyaro cya Kogelo mu burengerazuba bwa Kenya aho umuhungu wabo w’ikirangirire, Barack Obama wahoze ari Perezida w’Amerika, yongeye kubasura nyuma y’imyaka...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo 2019, Perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru bo mu Rwanda no hirya no hino ku isi,muri Village urugwiro aho yasubije ibibazo...
Ingabo za Leta y’u Burundi zifite ubwoba bwinshi ziterwa no gukeka ko u Rwanda rwabatera ariyo mpamvu zafashe abagabo bose uhereye ku myaka 16 bo ku misozi ya Ruhororo na Gasebeyi ya komini...
Umuhanzi Rayvanny ari mu mugi wa Kigali aho yaje kureba mugenzi we Ngabo Medard (Meddy) ku mpamvu z’umushinga w’indirimbo aba bahanzi bateganya kuzashyira hanze mu minsi iri imbere ikaba irimo...
Lt. Gen. Henry Tumukunde (Rtd), wahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda uherutse gutangaza ko azahatana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’umukuru w’igihugu muri Uganda, yavuze...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo bwatangaje ko Imvubu yari imaze iminsi iteza umutekano muke muri uyu murenge no mu wa Masaka bihana imbibi, yarashwe n’inzego z’umutekano...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nzeri, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Kinshasa imbere ya Ambasade y’u Rwanda hashyizwe abapolisi benshi kugira ngo baburizemo imyigaragambyo...
Minisiteri y’Umutekano mu Burundi, yahakanye ibiherutse gutangazwa ko umuvugizi wayo Pierre Nkurikiye yavuze ko Leta igiye gutangira ibikorwa byo guhiga abantu bose bavuga ururimi rw’Ikinyrwanda...
Robert Kyagulanyi Sentamu uzwi ku izina rya Depite Bobi Wine yanditse ibaruwa isusurutsa umutima wa Producer we, Daniel Oyerwot uzwi ku izina rya Sir Dan Magic wakomerekejwe cyane n’amasasu...
Umusore ukora akazi k’umutekano utuye mu Mudugudu wa Nyamiseke mu Kagari ka Mubuga, mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, yashatse kwiyahura ntiyapfa nyuma yo gusanga umukobwa bakundana...
Abaturage bo mu Karere ka Palma bakomeje gusubira mu byabo nyuma y’aho Ingabo na Polisi by’u Rwanda bafatanyije n’Igisirikare cya Mozambique birukanye imitwe y’iterabwoba muri ako gace.
IGIHE...