Ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode Uwizeyimana umusenateri, ni nyuma y’amezi umunani yeguye ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri minisiteri...
Umwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka...
Amakuru agera ku Umuryango n’uko ,mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2019, Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) yari irangajwe imbere na perezida Aimable...
Jack Ma cyangwa Ma Yun umwe mu baherwe batatu ba mbere mu Bushinwa washinze ikigo Alibaba mu 1999, ubu kikaba kibarirwa mu gaciro ka miliyari 460 z’amadolari, kuri uyu wa Kabiri yeguye...
Ni gacye uzasanga Umwami yatse gatanya , usanga abanyagihugu batabivugaho rumwe kuko biba bitangaje, Si ku ntebe ya Cyami gusa usanga no mu bihugu bikoresha Repubulika Abaperezida...
Umukinnyi Eden Hazard wifuzwaga n’abafana ba Real Madrid yahagaritse inzozi ze zo kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo kumva ko umutoza Zinedine Zidane yeguye ku kazi ko gutoza iyi kipe...
• Hope Solo yashinje Blatter kumukorakora ku kibuno ubwo bari mu muhango wo gutanga Ballon d’or 2013
• Blatter yahakanye ibyo gukorakora ku kibuno Hope Solo avuga ko ari ukumuharabika
• Blatter...
Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin,yeruye avuga ko yashyizweho igitutu na Polisi y’u Rwanda birangira yeguye mu nteko ishinga amategeko yari amazemo imyaka isaga 4.
Uyu munyapolitiki wari...
Ubwo Minisitiri w’intebe,Dr Edouard Ngirente yatangizaga ku mugaragaro, inama nyunguranabitekerezo yo kunoza imikorere n’imikoranire mu nzego z’ibanze kuri uyu mbere Taliki ya 07 Mutarama 2019,...
Perezida wa Iran yavuze ko Trump nta gitekerezo akwiye gutanga muri politiki
Perezida wa Iran Hassan Rouhani yavuze ko Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ Ubufaransa badafite uburenganzira bwo...
Cyril Ramaphosa amaze kwemezwa ko ari we Perezida wa Repubulika y’ Afurika y’ Epfo. Asimbuye Jacob Zuma waraye atangaje ko yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu ngo ave ku butegetsi....
Ntibukunze kubaho ko umuntu atangariza mu ruhame ko ari hafi gupfa gusa Benoît XVI wigeze kuba Papa akava kuri uyu mwanya yeguye ku mpamvu ze bwite yatangaje uko amerewe mu minsi avuga ko ari iya...
Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yirukanye umuhanga mu byerekeye ubukungu mu ikipe y’abajyanama be mu gihe hari ibibazo ku mpamyabumenyi ye ya...