skol
Kigali

Search: yeguye (323)

Mvukiyehe Juvenal ashobora gusubira ku buyobozi bwa Kiyovu Sports

Amakuru dukesha ikinyamakuru IGIHE aremeza ko Mvukiyehe Juvénal agiye gusubira muri Kiyovu Sports, agakomeza umushinga we wo kubaka ikipe ikomeye nyuma y’uko Ndorimana François Regis uzwi nka...
20 February 2024 1884 0

Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye

Umunyapolitike Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu 1994 kugeza yeguye mu 1995,yapfuye afite imyaka 78 y’amavuko
2 December 2023 3954 0

Ngoma: Gitifu uherutse kwegura na bagenzi be batanu yatawe muri yombi

Mbarushimana Ildephonse umaze iminsi ibiri yeguye ku bunyamabanga Nshingwabikorwa bw’umurenge wa Mutenderi w’akarere ka Ngoma, yatawe muri yombi.
30 September 2023 1051 0

Umudepite mu Bwongereza yavumiye ku gahera Rishi Sunak nyuma yo kwegura

Umudepite wo mu Bwongereza, Nadine Dorries, yeguye nyuma y’igitutu amaze iminsi ashyirwaho kubera kudakora inshingano ye uko bikwiye, asiga avumiye ku gahera Minisitiri w’Intebe akaba n’Umuyobozi...
28 August 2023 865 0

APR FC yabonye kapiteni mushya usimbura Buregeya Prince

Ikipe ya APR FC yagize Omborenga Fitina kapiteni wayo nyuma y’uko Buregeya Prince yeguye azira gutambutsa ubutumwa bwo kwishyuza mbere yo gukina.
23 August 2023 813 0

Perezida wa Musanze FC na bagenzi be bari beguye bagarutse nyuma y’ibiganiro n’akarere

Nyuma y’ibiganiro byamaze amasaha arenga 5, bihuje ubuyobozi bw’akarere ka Musanze na komite y’ikipe ya Musanze FC, yari yeguye iyobowe na Tuyishime Placide uzwi nka Trump,byarangiye bemeranyije...
3 August 2021 854 0

Larry Rudolph wari umujyanama wa Britney Spears batandukanye

Larry Rudolph yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyaka 25 ya serivisi nziza kandi z’ubudahemuka yahaye umuhanzi Britney Spears nka ‘manager’, cyangwa se ushinzwe gucunga ibijyanye n’ubuhanzi by’uwo...
7 July 2021 261 0

Uwizeyimana Evode waherukaga kwegura ku bunyamabanga bwa Leta yagizwe umusenateri

Ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode Uwizeyimana umusenateri, ni nyuma y’amezi umunani yeguye ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri minisiteri...
16 October 2020 2200 0

Umukardinali wari ukomeye i Vatican yashinje Papa kumweguza ashingiye ku binyoma

Umukardinali wari mu bakomeye i Vatican kwa Papa, Giovanni Angelo Becciu, yeguye ku mirimo ye bitunguranye avuga ko yabitegetswe na Papa Francis.
26 September 2020 1242 0

Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?

Umwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18 Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe. Mu mwaka...
19 July 2020 17249 0

Bayingana wayoboraga FERWACY na komite ye yose beguye ku mirimo yabo

Amakuru agera ku Umuryango n’uko ,mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2019, Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) yari irangajwe imbere na perezida Aimable...
7 December 2019 3744 0

Umuherwe Jack Ma washinze Alibaba yatunguye abakozi be ku munsi we w’amavuko arabataramira[AMAFOTO]

Jack Ma cyangwa Ma Yun umwe mu baherwe batatu ba mbere mu Bushinwa washinze ikigo Alibaba mu 1999, ubu kikaba kibarirwa mu gaciro ka miliyari 460 z’amadolari, kuri uyu wa Kabiri yeguye...
12 September 2019 1788 0

Dore impamvu nyamukuru yatumye Umwami wa Malayisiya yaka gatanya umugore we Miss wa Moscow ’Oksana’[AMAFOTO]

Ni gacye uzasanga Umwami yatse gatanya , usanga abanyagihugu batabivugaho rumwe kuko biba bitangaje, Si ku ntebe ya Cyami gusa usanga no mu bihugu bikoresha Repubulika Abaperezida...
28 July 2019 5677 0

Umuyobozi w’ikinyamakuru yegujwe ku kazi kubera amafoto yashyize hanze yicaye ku ntebe nk’umwamikazi Abiraburakazi bamugaragiye...

Umugore witwa Donata Meirelles w’imyaka 50 ukomoka muri Brazil yeguye igitaraganya ku mirimo ye yo kuyobora ikinyamakuru Vogue muri Brazil, nyuma y’amafoto yateye abanya Brazil uburakari bwinshi...
15 February 2019 4537 0

Impamvu Eden Hazard aterekeje muri Real Madrid yamenyekanye

Umukinnyi Eden Hazard wifuzwaga n’abafana ba Real Madrid yahagaritse inzozi ze zo kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo kumva ko umutoza Zinedine Zidane yeguye ku kazi ko gutoza iyi kipe...
27 August 2018 4724 0

Urubanza rwatumye meya w’ agateganyo wa Gicumbi yegura atamaze icyumweru

Sewase Karangwa Jean Claude wari umaze iminsi itandatu gusa ari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi w’ agateganyo yeguye.
1 June 2018 5745 0

Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi

Mukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye...
12 May 2018 9710 0

Gitifu wa Nyabihu yasezeye ku mirimo

Ngabo James Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu yasezeye ku mirimo nyuma y’ukwezi kumwe n’uwari umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe ubukungu...
18 April 2018 3018 0

Blatter wahoze ayoboye FIFA arashinjwa guhohotera umugore

• Hope Solo yashinje Blatter kumukorakora ku kibuno ubwo bari mu muhango wo gutanga Ballon d’or 2013 • Blatter yahakanye ibyo gukorakora ku kibuno Hope Solo avuga ko ari ukumuharabika • Blatter...
11 November 2017 362 0

Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo

Pasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI. Urubuga rwa Wikipedia,...
18 April 2023 3287 0

Depite Habiyaremye weguye mu Nteko yashinje Polisi kumwibasira

Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin,yeruye avuga ko yashyizweho igitutu na Polisi y’u Rwanda birangira yeguye mu nteko ishinga amategeko yari amazemo imyaka isaga 4. Uyu munyapolitiki wari...
21 November 2022 2673 0

UK: Kwegura kwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu byashyize mu mazi abira akazi ka Minisitiri w’Intebe

Umunsi waranzwe n’akavuyo mu nteko ishingamategeko y’Ubwongereza wasize kuba Liz Truss yakomeza akazi nka Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza birushaho gushidikanywaho. Ni nyuma yuko Minisitiri...
20 October 2022 1006 0

Uko isi yiriwe Taliki ya 07 Mutarama 2019:Coup d’Etat muri Gabon yapfubye,Minisitiri w’intebe Dr Ngirente yaburiye abayobozi...

Ubwo Minisitiri w’intebe,Dr Edouard Ngirente yatangizaga ku mugaragaro, inama nyunguranabitekerezo yo kunoza imikorere n’imikoranire mu nzego z’ibanze kuri uyu mbere Taliki ya 07 Mutarama 2019,...
7 January 2019 3842 0

Uko isi yiriwe tariki 4 Kamena 2018: Mu Rwanda ba Minisitiri 2 bashyigikiye impenure, hanze 25 bahitanywe n’ iruka ry’...

Amb. Nduhungirehe na Minisitiri Busingye ntibavuga rumwe n’abanenga abanyeshuri bambara impenure Minisitiri w’ ubutabera Jonston Busingye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi...
4 June 2018 4540 0

Nyabihu: Meya na Visi meya wavuzweho kwanga kwakira urumuri rw’ ikizere beguye

Uwanzwenuwe Theonetse wari umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu na Mukansanga Clarisse wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage beguye kuri iyi...
11 May 2018 10212 0

Uko hirya no hino ku Isi hiriwe [AMAFOTO]

Perezida wa Iran yavuze ko Trump nta gitekerezo akwiye gutanga muri politiki Perezida wa Iran Hassan Rouhani yavuze ko Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ Ubufaransa badafite uburenganzira bwo...
25 April 2018 3285 0

Afurika y’ Epfo ibonye Perezida mushya

Cyril Ramaphosa amaze kwemezwa ko ari we Perezida wa Repubulika y’ Afurika y’ Epfo. Asimbuye Jacob Zuma waraye atangaje ko yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu ngo ave ku butegetsi....
15 February 2018 2124 0

Papa Benedigito wa 16 yanditse ibaruwa avuga ko yiteguye urupfu

Ntibukunze kubaho ko umuntu atangariza mu ruhame ko ari hafi gupfa gusa Benoît XVI wigeze kuba Papa akava kuri uyu mwanya yeguye ku mpamvu ze bwite yatangaje uko amerewe mu minsi avuga ko ari iya...
8 February 2018 2747 0

Général yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo kuyobora Kiyovu Sports ikamuzengereza bikomeye

Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera...
31 January 2024 1260 0

Afurika y’Epfo: Perezida yirukanye Umujyanama we amuziza dipolome

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yirukanye umuhanga mu byerekeye ubukungu mu ikipe y’abajyanama be mu gihe hari ibibazo ku mpamyabumenyi ye ya...
24 January 2024 1742 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 300