skol

Ad Restricted

Umunyarwandakazi Teta Sandra yemeye ko atwite inda ya Weasel avuga n’igitsina cy’umwana yitegura kwibaruka[AMAFOTO]

Teta Sandra kuri ubu usigaye yibera mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda aho amaze igihe kitari (…)

Kubera imvura amazi ya Nyabarongo yafunze umuhanda Muhanga, Ngororero, Mukamira

Nyuma y’amatangazo ya Rwanda Meteo yburiraga abanyarwanda ko muri iyi minsi ya nyuma y’ukwezi (…)

Perezida Trump yavuze ku nkuru ivuga ko mugenzi we Perezida Kim Jong Un ubuzima bwe buri ahabi

Mu ntangiriro z’iki cyumweru Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America Donald Trump yavuze ko (…)

Perezida Museveni yazamuye ibendera ry’Igihugu ku modoka zatanzwe kugira ngo zifashe mu ntambara ya Coronavirus

Muri iki gitondo imodoka zirenga 40 zazamuweho ibendera ry’igihugu cya Uganda ahitwa Kololo (…)

Tanzania irashinjwa guha urwaho icyorezo cya Coronavirus

Ukwiyongera k’ubwandu bw’icyorezo cya Coronavirus kwagaragaye muri Tanzania kwatumye.Ishami (…)

Umukobwa bamwambitse ubusa ku karubanda azira kwiba amata na Biswi ’Biscuits’

Ibyabaye kuri uyu mukobwa wo mu Gihugu cya Nijeriya muri leta ya Delta, nyuma yo gufatwa amaze (…)

Louise Mushikiwabo yavuze ku irekurwa rya Kizito Mihigo n’iby’urupfu rwe

Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2020, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi (…)

Tiwa Savage yasabye abasore bifuza kumurongora ko babigira vuba

Umuhanzikazi Tiwa Savage ukunzwe na benshi muri Afurika ndetse no ku yindi migabane,uvuga ko azi (…)

Kenya:Hashyizwe mu kato itsinda ry’abakobwa 21 nyuma yo kugwa gitumo bari gufata amashusho y’ubusambanyi

Polisi yo muri Kenya yataye muri yombi itsinda ry’urubyiruko rigizwe n’abantu bagera kuri 21 (…)

Jenerali w’igisirikare cya Irani yatangaje ko yiteguye kurasa ubwato bw’America kubera ibyo Trump yatangaje

Umuyobozi w’igisirikare cya Irani yavuze ko nabo bazasubiza ndetse bakanarasa ubwato bwa America (…)

Rulindo:Inkangu yaridukanye inzu ihitana umugore n’abana batatu bari bayirimo

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 22 mata nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko imvura (…)

Ubuzima bwa Perezida Kim Jong Un buri ahabi

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yabazwe umutima, ubu ubuzima bwe bukaba buri mu (…)