skol

Ad Restricted

Covid-19:Bamwe mu baturage bo mu Buhinde bahisemo kwituranira n’inyoni hejuru mu biti

Abaturage 7 bo mu Buhindi bakoze agashya katunguye benshi ubwo bafataga umwanzuro wo kujya (…)

Abakorera Siporo hanze y’ingo zabo bagiriwe inama na Polisi

Polisi y’u Rwanda iributsa abaturarwanda ko nta muntu wemerewe gusohoka mu rugo yitwaje ko arimo (…)

Covid-19:Rimenyande yatawe muri yombi n’abamufashaga kwakira abamutwerereye bazaga kunywa inzoga nyuma y’uko ubukwe bwe bupfuye

Tariki ya 29 Werurwe nibwo Polisi y’u Rwanda yafashe uwitwa Rimenyande Jean Damascene w’imyaka (…)

Covid-19:Muri Amerika imbunda nizo ziri kugurwa ku bwinshi

Biragaragara ko muri iyi minsiAbanyamerika batari kugura ibiryo n’impapuro z’isuku gusa, kuko (…)

Abanyamerika bapfuye bishwe na Coronavirus bageze ku 5.000 nyuma y’abapfuye 884 ku munsi umwe gusa

– Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hamaze gupfa abantu 5.110 muri 215, 300 banduye – Abahanga mu bya (…)

Covid-19:Umukecuru w’imyaka 90 yerekanye ubwitange butagereranywa mbere yo gupfa

– Suzanne Hoylaerts yapfuye nyuma yiminsi ibiri yinjiye mu kigo nderabuzima aho yipimishije (…)

Covid-19:Umuperezida yategetse igipolisi kurasa bica buri muntu wese urava mu rugo

Perezida wa Phillipines Rodrigo Duterte yategetse igipolisi kurasa bica buri muntu ugerageje (…)

Vladimir Putin yakoze mu ntoki umukuru w’Abadogiteri wasanganywe Coronavirus

Abagize ikipe ishinzwe gucungira umutekano wa perezida w’igihugu cy’Uburusiya Vladimir Putin (…)

Abanyafurika 59 baherutse kuba igitambo kubera amakuru abayobya kuri Coronavirus

Byinshi mu bihugu by’Afurika bikomeje kwiyongeramo ubwandu bushya bwa coronavirus, za leta (…)

Covid-19:Muri Nigeria abadepite bemeye kudahembwa

Abadepite bo muri Nigeria bemeye gukatwa imishahara yabo y’amezi abiri kugira ngo yifashishwe mu (…)

Umuraperi Fireman mu bagomba gufashwa muri ibi bihe bya Covid-19

Umuraperi Fireman avuga ko agowe cyane no kubaho muri ibi bihe abantu basabwa kuguma mu rugo mu (…)

Uwari umuganga muri CHUK yasanzwe mu icumbi rye yapfuye

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rwatangiye iperereza ngo hamenyekanye icyaba (…)

Sadio Mane nawe yavuze ku rukundo rwe n’umunyarwandakazi Kate Bashabe

Umunya-Senegal ukinira Liverpool, Sadio Mane, yahakanye ibyo kuba akundana n’umunyamideli (…)