skol

Ad Restricted

Myugariro Nyandwi Saddam yatandukanye n’ikipe ya Rayon Sports

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumenyesha uwari myugariro wabo w’iburyo, Nyandwi Saddam ko (…)

Imfungwa n’abagororwa bemerewe gusangira n’abagize imiryango yabo iminsi mikuru

Urwego rw’igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, RCS rwatangaje ko abantu bafite ababo (…)

REB yavuze ku manota y’Ibizamini bya Leta bivugwa ko yasohotse

Mu minsi ibiri ishize hari amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko amanota (…)

Gasogi United yacishije umweyo mu bakinnyi bayo 6 barirukanwa

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 23 Ukuboza 2019, ikipe ya Gasogi United yatangaje ko yamaze (…)

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyaka yazamuwe y’umuntu wemerewe kunywa inzoga

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igihe kongera imyaka y’umuntu weerewe kunywa no kugura (…)

Batanu muri 11 bahamijwe urupfu rwa Jamal Khashoggi bakatiwe urwo gupfa

Kuri uyu wa Mbere taliki 23 Ukuboza 2019, urukiko rukuru rwo mu murwa mukuru wa Arabie Saoudite, (…)

Burera:Umusaza yafatanywe urumogi ahita acika Polisi

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Burera iratangaza ko yafashe udupfunyika tugera ku 2000 (…)

Nyanza:Umugabo ukora irondo ry’umwuga yafashe ku ngufu umukobwa

Umugabo ukora irondo ry’umwuga mu karere ka Nyanza w’imyaka 27 y’amavuko, akurikiranwe icyaha (…)

Algeria yari isanzwe iri mu bihe bitoroshye muri iyi minsi,umugaba w’ingabo yapfuye

Gen Ahmed Gaid Salah wari usanzwe ari umugaba w’ingabo muri Algeria yitabye Imana azize umutima (…)

FARDC yahaye igisirikare cy’u Rwanda inyeshyamba 71 zari zigamije guhungabanya umutekano warwo

Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko ku wa gatandatu ushize cyashyikirije u Rwanda inyeshyamba (…)

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryafatiwe ibihano na UEFA kubera Amasaruti y’abakinnyi

Ni kenshi uzasanga hari abakinnyi barekana itsinzi mu buryo butandukanye aho kuri izo (…)

Imbuga zisurwa cyane kurusha izindi,iz’urukozasoni zose zaje imbere

Urutonde ngarukamwaka rw’imbuga za internet zasuwe kurusha izindi rwagaragaje ko harimo eshatu (…)

Umugabo yakatiwe n’urukiko azira ko yibye ibendera ry’abaryamana bahuje ibitsina ryari rimanitse ku rusengero[AMAFOTO]

Umucamanza yakatiye igifungo cy’imyaka 15 umugabo ushinjwa kwiba ibendera ry’abahuza ibitsina (…)