skol

Imyidagaduro

Bull Dogg yakomoje ku manyanga yakorewe muri PGGSS7 ngo iri rushanwa ntararibonera ‘ikibonezamvugo’

Ndayishimiye Malik Bertrand uzwi cyane nka Bull Dogg wari umwe mu bahatana muri Primus Guma Guma (…)

Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we

Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu (…)

Christopher ngo ntarambirije kuri Guma Guma, umwanya yegukanye ntawemera

Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama (…)

Amanota y’abahanzi 10 bahatanye muri PGGSS7 yashyizwe hanze

Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star (…)

Knowless yavuze ku itsinzi ya Dream Boys bagezeho biyushye icyuya nyuma y’imyaka itandatu

Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma (…)

Menya ubusobanura bw’izina Tom Close yise ubuheta bwe na Tricia (Amafoto)

Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa (…)

Amateka n’ibigwi bya Dream Boys yegukanye Primuss Guma Guma Super Star 7

Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya (…)

LIVE: Bidasubirwaho, Dream Boys yegukanye Primus Guma Guma Super Star 7 (Amafoto)

Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka (…)

Ibyamamare mu gusetsa bizwi muri Baby Police bageze mu Rwanda

Chinedu Ikidieze na Osita Iheme bazwi cyane mu gikina Filime bakomoka mu gihugu cya Nigeria (…)

Impanga za Beyoncé na Jay z baherutse kwibaruka zavanywe mu bitaro

Beyoncé yahishuye y’uko yishimye nyuma y’uko abana be b’impanga yibarutse bavanywe mu bitaro (…)

Diamond yavuze ku munyamideli yateye inda

Umunyamiziki Diamond Platnumz uri mu bubashywe muri Afurika y’Iburasizuba yamaganye ibihuha (…)

Abana babyinnye ’Sitya Loss’ ya Eddy Kenzo bategerejwe muri BET Awards

Abana b’ababyinnyi bagize itsinda ’Triplets Ghetto Kids’ bamenyekanye cyane mu mashusho (…)

Chameleone yandikishije izina ry’umugore we ku ijosi-AMAFOTO

Urukundo rwa Chameleone na Daniella rugeze kuyindi ntera.Itandukana ryabo ryavurwaga mu minsi (…)

Diane wabenze Platini [Dream Boys] yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we

Umuririmbyi Kitoko Bibarwa muri Rurashonga yateruye agira ati ‘urukundo burya ni nka bombo isaza (…)

Miss Shanel yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Igisingizo’ avugamo ibyiza by’u Rwanda-YIREBE HANO

Nirere Shanel, umuhanzi ukorera umuziki mu Bufaransa aho atuye n’umugabo we Guillaume Favier (…)