skol
fortebet

Imyidagaduro

Rihanna yagarutsweho mu kirego cya Chris Brown

Imibanire mibi ya Chris Brown n’abakunzi be ba kera, Rihanna na Karrueche Tran, kimwe n’amateka (...)

Abatunganyije indirimbo ziri kuri album Kanye West aheruka gushyira hanze bariskaye

Abatunganyije indirimbo za Kanye West barashinja uyu muhanzi kutabishyura amafaranga angana na (...)

Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda

Atlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu (...)

Natwe twashoye imyaka 10 tutarunguka! Manager wa Diamond yakebuye Coach Gael ushaka kuva mu muziki

Nyuma y’iminsi micye Coach Gael avuze ko yajugunye amafaranga menshi none agiye kwiyitaho, (...)

Diddy ashobora kwireguza ko yasambanyaga abagore kubera uburwayi bwo mu mutwe

Umuraperi Sean Diddy Combs akomeje guhanyanyaza ashaka impamvu zose zatuma asohoka mu gihome, (...)

Uwitwa Bakame kuri X yasabye Imbabazi Pastor Kabanda Julienne

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X, ukoresha amazina ya Bakame yasabye imbabazi Pastor Julienne (...)

Ndahiro Natacha yakomoje ku mashusho ya filime ye asomana byimbitse n’umusore

Ndahiro Natacha yavuze ko nta kintu na kimwe bimutwaye kuba yakina filime ari gusomana n’umusore (...)

Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta

Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we (...)

Abagabo 10 bakekwaho kwiba Kim Kardashian bagiye kuburanishirizwa i Paris

Abagabo 10 bakunze kwitwa “abasaza b’abambuzi” n’itangazamakuru ryo mu Bufaransa, bagiye kwitaba (...)

Uwise Pastor Juliene Kabanda Intumwa ya Satani n’umutubuzi ari gukorwaho iperereza na RIB

Nyuma yo kwifashisha imbuga nkoranyambaga akita Pastor Juliene Kabanda wa Grace Room intumwa ya (...)

50 Cent yasabye guhagarika itangwa rya Filime ya Skill House kubera ko atishyuwe

Umuraperi w’umunyamerika, 50 Cent, yatanze ikirego mu rukiko asaba guhagarika itangwa rya filime (...)

Ni ibiki bituma Bruce Melodie yikomanga ku gatuza akavuga ko ariwe muhanzi wa mbere mu Rwanda?

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje impamvu yumva ko ari we (...)

Abahanzi barashaka ko Ubuhanzi bw’Abantu busubirana Agaciro mu gihe AI ikomeje Gutegeka Isi

Mu gihe ibihangano byifashisha ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) bikomeje (...)

Bill Gates atewe ishema n’umukobwa we washinze ‘business’ ye atamusabye ubufasha

Bill Gates, washinze Microsoft, yatangaje ko yishimiye kuba umukobwa we, Phoebe Gates, (...)

Gen. Muhoozi yemeje ko Uganda igiye kubaka inyubako ya Arena, nyuma y’icyifuzo cya Azawi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hagiye gutangira (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 5310