skol

Imyidagaduro

Abantu 195 bagororerwa Iwawa bakiriye agakiza

Abantu 195 bagororerwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza, mu giterane Korali (…)

Ayo gutera ivi twayaguzemo matola twararagaho tukibana– Clapton nyuma yo kwambika impeta umugore we [AMAFOTO]

Clapton Kibonge yambitse impeta umugore we basanzwe babana ndetse bafitanye abana batatu, (…)

DJ Khaled mu rugendo rwo kugabanya umubyibuho ukabije

Khaled Mohammed Khaled wamamaye mu muziki nka DJ Khaled, yatangaje ko atewe ishema n’uko (…)

MINICT yahakanye ibivugwa kuri ‘Monétisation’ ya TikTok mu Rwanda

Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ (…)

Lil Poppa yariyahuye

Ibisubizo by’abahanga basuzumye umurambo wa Lil Poppa witabye Imana ku wa 18 Gashyantare 2026, (…)

Nelly Mukazayire yatangaje ikigiye gukorwa kugira ngo ikipe y’igihugu y’umupira w’Amaguru ikomere cyane

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangaje igituma mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi (…)

Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime

Umuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya (…)

Igihe cyari iki - Kevin Kade ugiye kuririmba bwa mbere muri MTN Iwacu Muzika Festival

Umuhanzi uri mu bakomeye muri iki gihe, Kevin Kade yatangaje ko yiteguye gutanga ibyishimo mu (…)

Papa Iddy wo muri filimi Umuturanyi yahishuye ko yatawe n’umugore

Umukunnyi wa filimi Harerimana Is’haq wamenyekanye cyane nka Papa Iddy muri filimi (…)

Umuraperi Lil Poppa yapfuye

Umuraperi Lil Poppa wari mu bari batangiye kuzamuka neza mu muziki wa Amerika, yitabye Imana (…)

France Mpundu n’umukunzi we Moctar bamaze iminsi barira ubuzima muri Sénégal

France Mpundu n’umukunzi we Moctar bamaze iminsi barira ubuzima muri Sénégal aho bagiye (…)

Nyuma y’imyaka 12 ibendera ry’u Burusiya rigiye kongera kugaragara mu Mikino Paralempike

Nyuma y’imyaka 12 u Burusiya buhabwa ibihano bituma ibendera ryabwo ritagaraga mu Mikino (…)

Bushali, Bwiza na Ruti Joël mu bategerejwe mu bitaramo bizaherekeza ‘Tour du Rwanda’

Abahanzi barimo Bwiza, Kenny Sol, Kivumbi King, Ruti Joël, Bushali, DJ Marnaud na Symphony Band (…)

Jose Chameleone yabazwe ijisho nyuma yo gutangira guhuma

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishimo nyuma yo kubagwa ijisho (…)

Tyla ari gukora album ya kabiri

Tyla yateguje abafana be ko iyo album izajya hanze mu mpeshyi ya 2026 mu mezi ya Kamena na Kanama.