skol

Imyidagaduro

Yvan Muziki yatunguranye yambikira Marina impeta ku rubyiniro [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo ku wa 13 Gashyantare 2026 ubwo Yvan Muziki yamurikaga album ye ya mbere yise (…)

Doja Cat ategerejwe i Kigali

Umuraperi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ategerejwe mu gitaramo azakorera (…)

Sonia Mugabo yashyizwe ku rutonde rwa Forbes rw’Abanyafurikakazi b’indashyikirwa

Sonia Mugabo usanzwe ari umuhanzi w’imideli ukomeye mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa ‘Forbes (…)

Nyuma y’imyaka itatu ahunze abo yari afitiye amadeni, Samusure yagarutse mu Rwanda

Samusure wari umaze imyaka itatu yimukiye muri Mozambique ahunze amadeni y’arenga miliyoni 11 (…)

Umukinnyi wa filime James Van Der Beek yapfuye

Umukinnyi wa filime James Van Der Beek wamamaye muri filime nka ‘Dawson’s Creek’, ’Varsity (…)

Mowzey Radio yitabye Imana yitegura kwimukira mu Rwanda

Ziza Bafana wari inshuti magara ya Mowzey Radio yahishuye ko mbere y’uko uyu muhanzi yitaba (…)

KNC yikomye abakinnyi bose bakina Shampiyona y’u Rwanda ndetse anemeza ko nawe azakora nk’ibyo APR FC yakoze

Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yikomye abakinnyi bakina (…)

Joan Laporta ushaka gukomeza kuyobora FC Barcelone yeguye

Joan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yeguye kuri izi nshingano kugira ngo abone (…)

Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin

Umuhanzi akaba n’umuproducer, umucuranzi ndetse n’umukinnyi wa filime uzwi nka SANO PANDA, (…)

Ben na Chance bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena kuri Pasika

Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben na Chance, batangaje ko bagiye gukorera igitaramo (…)

Chairman w’Icyubahiro wa APR FC yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na Al Hilal SC

Chairman w’Icyubahiro wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na (…)

Sempoma utoza Team Rwanda yijeje kuzegukana ‘Maillot Jaune’ muri Tour du Rwanda 2026

Umutoza wa Team Rwanda, Sempoma Félix, yatangaje ko we n’abakinnyi be bafite intego yo kwambara (…)

Ubuhamya bw’uwatakaje ibiro 108 agasigarana uruhu rurenze ku mubiri rw’ibiro 10 rwamubabazaga cyane

Ana Alonso yamaze imyaka myinshi ahanganye n’ikibazo cyo gukunda kurya cyane, ari na byo (…)

Rumaga yaciye amarenga y’imikoranire na Ali Kiba

Umusizi Rumaga Junior ukomeje kwagura imikorere ye yaciye amarenga y’uko haba hari imikoranire (…)

Impamvu ahazaza h’ubuhanzi n’umuco muri Afurika hashingiwe ku gushora mu mpano, atari ku kuzamura izina gusa

Urwego rw’ubuhanzi n’umuco muri Afurika ruragenda rugaragara cyane ku rwego mpuzamahanga. (…)