Umuhanzi The Ben uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no muri EAC yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ifoto yashyize hanze ari kumwe na Miss Pamella Uwicyeza bivugwa ko...
Umugore ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika yaciye ibintu ku rubuga rwa Tik Tok ubwo yatangazaga ko ubwo yari amaze kumenya ko atwite impanga,muganga yamubwiye ko yatwaye indi nda y’umwana...
Kizigenza Lionel Messi yagiranye ikiganiro kirekire n’ikinyamakuru La Sexta cyakwirakwiye ku isi yose aho yahishuye byinshi ku buzima bwe kuva mu bwana ndetse n’ibyo yifuza kugeraho mu buzima...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard utangiye gutakarizwa icyizere n’abafana,yaraye atsinzwe mu buryo butunguranye na Arsenal ibitego 3-1 bituma avuga ko abakinnyi be ari abanebwe ndetse batazi gufata...
Umushakashatsi ku buzima bwo mu ishyamba witwa Gotz Neef yari aryamye mu ihema rye ahitwa Okavango Delta muri Botswana,aterwa n’intare ibinyamakuru bivuga ko yari ishonje niko kurwana nayo...
Umunyamakurukazi wamenyekanye cyane mu Rwanda ndetse akagira igikundiro,Tidjara Kabendera,yamaze gusezera ku mirimo ye mu kigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru nyuma y’imyaka 18 yari amaze...
Mugwiza Desire yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda [FERWABA] mu gihe cy’imyaka ine, yatowe ku majwi 24/24 bivuze ko ari...
Umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare, Mugisha Moise, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe yakinagamo ya SACA, abumenyesha ko yamaze gusesa amasezerano nabo kubera akarengane yakorewe...
Umwongerezakazi witwa Rebekah uzwi cyane kubera ko ari umugore wa rutahizamu wa Leicester City,Jamie Vardy,yasabye imbabazi umuhanzi witwa Peter Andre wari umugabo we,yandagaje avuga ko afite...
Myugariro w’ikipe ya Manchester City,Benjamin Mendy,ari kurwana n’igihe kugira ngo imodoka ye ihenze cyane ya Lamborghini Aventador SVJ idatezwa cyamunara nyuma yo gufatwa na Polisi y’Ubwongereza...
Mu gihe mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda hari guhingwa urumogi rwo gukoresha mu buvuzi,abarimo Mario Gotze ukinira igihugu cy’Ubudage na PSV na mugenzi we Andre Schurrle uherutse gusezera...
Umukinnyi ukiri muto Joe Willock ukina hagati mu ikipe ya Arsenal yakoze impanuka y’imodoka mu cyumweru gishize ubwo yari agiye mu myitozo y’ikipe ariko kubw’amahirwe ntacyo yabaye kuko iyi modoka...
Ku cyumweru gishize,umugabo witwa Leonard Mwale w’imyaka 62 ukomoka ahitwa Kalingalinga mu gihugu cya Zambia yakoze agashya asanga pasiteri w’abangilikani ari kubwiriza kuri Alitari niko...
Umukinnyi w’ikipe ya AS Monaco,Cesc Fabregas yatangaje ko ari inshuti ikomeye y’umutoza Jose Mourinho bakoranye muri Chelsea ariko nta mubano uri hagati ye na Pep Guardiola bakoranye muri FC...
Icyihebe cyari gikomeye muri Al Qaeda, Abu Muhammad al-Masri,cyategetse ibijyanye no gutera ibisasu kuri za Ambasade zitandukanye za US muri Afurika, biravugwa ko cyarashwe n’abanya Israeli bari...
Abakinnyi bakomeye mu mupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi barimo Pierre-Emerick Aubameyang wa Arsenal na Toni Kroos wa Real Madrid bari guterana amagambo bapfa uburyo bwo kwishimira...
Umutoza w’ikipe y’igihugu cy’Ubufaransa, Didier Deschamps,yatangaje ko umukinnyi we Paul Pogba atishimye kubera ukuntu afashwe nabi mu ikipe ye ya Manchester...
Umusore wari usanzwe azwi mu kazi ko gutwara Taxi mu gihugu cya Gambia yatangaje ko ubu yungutse akazi ka kabiri kuko ngo abifatanya no gupfubura abakecuru bo mu Bwongereza no mu Burusiya bakunze...