APR FC iyoboye shampiyona y’u Rwanda kugeza ubu,yananiwe gutsindira Gicumbi FC ibanzirirza iya nyuma kuri Stade ya Kigali yaherukaga kunyagirirwaho na AS Kigali ibitego 6-0,banganya...
Ikipe ya Mukura VS yongeye kwereka abanyarwanda ko ariyo kipe ihagaze neza kurusha izindi mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino,kuko imaze gutsindira APR FC kuri stade ya Kigali I Nyamirambo igitego...
Myugariro wa Rayon Sports,Rutanga Eric yatangaje ko atishimiye amagambo ya kapiteni wa APR FC Mugiraneza Jean Baptiste uherutse kuvuga ko Rayon Sports iri ku rwego rwo hasi ndetse itakiri mukeba...
Myugariro Ombolenga Fitina wari umaze iminsi yerekeje mu ikipe ya CSKA Sofia yo muri Burgaria ,ari mu nzira zigaruka muri APR FC nyuma yo kunanirwa kumvikana n’iyi kipe y’i Burayi kuri byinshi yari...
Mu mukino w’ishyiraniro wabaye kuwa Gatandatu taliki ya 20 Mata 2019,bamwe mu bafana bagaragaye barwana nyuma y’aho Rayon Sports yari imaze gutsinda APR FC igitego 1-0 ndetse n’abakinnyi ba APR FC...
Kapiteni wa APR FC,Manzi Thierry yatangaje ko abatoza bashya ba APR FC barimo umutoza mukuru Mohammed Adil Erradi ndetse n’Umwunguruje Bekraoui Nabyl n’uw’abanyezamu Mugabo Alex babasabye guharanira...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi ukinira ikipe ya KMC muri Tanzania yavuze ko we na bagenzi be 15 birukanwe mu ikipe ya APR FC batarenganye nkuko bivugwa ahubwo batatanze ibyo basabwaga...
Ikipe ya APR FC ihagarariye igisirikare cy’u Rwanda mu mikino ihuza ingabo zo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba,yanyagiye igsirikare cya Tanzania, TPDF ibitego 3-1 mu mukino wa 3 yatsinze...
Ikipe ya APR FC yahaye agaciro gakomeye abahoze ari ba myugariro bayo barimo Didier Bizimana wahoze ari umutoza wungirije wayo na Ngabo Albert wari Kapiteni...
Mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda Premier League”,ikipe ya APR FC yatsinze Gasogi United bigoranye ibitego 3-2 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali I...
Ikipe ya APR FC yashimangiye umwanya wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kugorwa bikomeye na Heroes FC itahabwaga amahirwe mu mukino w’umunsi wa 14 yayitsinzemo igitego...
Amakipe y’igigugu mu Rwanda ariyo APR FC na Rayon Sports yitwaye neza mu mikino y’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda biyafasha gukomeza guhanganira igikombe cy’uyu mwaka w’imikino...
Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate, yabwiye abafana b’ikipe ko atazigera na rimwe yemera guca bugufi imbere ya APR FC mu kibuga ariko hanze y’ikibuga azabana neza n’andi makipe yose yo mu...
Ikipe ya APR FC yatomboye kuzahura n’ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya mu ijonjora ribanza mu mikino ya CAF Champions League rizakinwa Kuwa 29 Ugushyingo 2020. AS Kigali yo izahura na...
Umutoza wa Gor Mahia,Roberto Oliveira uzwi nka Robertinho yabwiye ibinyamakuru byo muri Kenya ko ari gukarishya imyitozo ku bakinnyi be kugira ngo azasezerere APR FC mu ijonjora rya...
Ikipe ya APR FC yatsinze Gor Mahia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League ku bitego 2-1 wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Ikipe ya APR FC yari ifite intego yo kugera mu matsinda ya CAF Champions League yananiwe kurenga ijonjora rya mbere muri iyi mikino kuko itsindiwe muri Kenya na Gor Mahia ibitego 3-1 mu gihe mu...
Ikipe ya APR FC yaherukaga gusezererwa na Gor Mahia mu mikino ya CAF Champions League,yiyunze n’abafana bayo ubwo yatsindaga Kiyovu Sport igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona ariko...
Umukinnyi Ishimwe Kevin uherutse kwirukanwa na APR FC yasezeranye byemewe n’amategeko n’umukunzi we witwa Nana kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Ukuboza 2020.
APR FC na AS Kigali zagaragaje ko ziri mu ntambara yeruye yo gushaka igikombe cya shampiyona kuko uyu munsi zatsinze imikino yazo mu buryo bwemeza aho zanyagiye abo...
Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye agiranye ikiganiro n’abanyamakuru nyuma y’inteko rusange ya FERWAFA,aho yagarutse ku makuru ari muri ARP FC n’ahazaza...
Uyu munsi ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko Tuyisenge Jacques yagizwe Kapiteni mushya wa APR FC asimbuye Manzi Thierry yari yungirije, we wagiye gukina muri...
Ikipe ya APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 bigoranye, ikomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona ago itegereje kureba ibizava mu mukino Kiyovu na Etoile de l’Est.
Mu mukino w’umunsi wa 28...
Ikipe ya Rayon Sports yari imaze imyaka 4 mu bukorobi bwa APR FC,yayitsinze 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona wabereye I Huye.
Imikino yari ishize ari 7 Rayon Sports itabasha gutsinda...