Mu muhango w’irahira rya Perezida Felix Tshisekedi riteganijwe kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, ugiye kurahirira kuyobora DRC kunshuro ya kabiri, bamwe mu ba Perezida bamaze gutangaza ko bari...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uwa Malawi, Lazarus Chakwera ni bamwe mu bakuru b’ibihugu bateganya kwitabira umuhango w’irahira rya Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...
Mu ijoro ryo ku wa 8 Mutarama 2021, Miss Jolly Mutesi, wari umutumirwa mu makuru y’Icyongereza kuri Televiziyo y’u Rwanda, yayavuyemo yirahira abakora itangazamakuru, ahamya ko ari ibintu biba...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Donald Trump yatangaje ko tariki 20 Mutarama 2021 atazitabira umuhango w’irahira rya Joe Biden uherutse gutorerwa...
Mpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yamaze kwemeza ko azaba ari mu Rwanda mu irahira rya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 2017-24.
Mu mpera...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame na Museveni wa Uganda bahuriye mu muhango wo kurahira kwa perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa bicara ku ntebe...
Kuva kuri uno wa gatanu, iguhugu cya Zimbabwe kiyobowe na Perezida mushya nyuma y’imyaka 37 yari ishize Robert Mugabe yisangiza ubutegetsi.Perezida Mushya wa Zimbabwe yagiriwe icyizere cyo...
Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda...
Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b’ ibihugu batandukanye bakiriwe ku kibuga cy’ indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w’ u Rwanda Paul...
Binyuje mu ijwi ry’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye Raila Odinga kudahirahira akomeza umugambi wo kurahirira kuyobora Kenya yirengagije ko Uhuru Kenyatta yatowe mu buryo...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017 ni umunsi utazibagirana mu mateka y’u Rwanda ukaba ibisubizo ku banyarwanda kuko uwo bitoreye yemeye ko agiye gukomezanya imbaduko muri manda y’imyaka...
Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu muhango w’irahira rya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, maze...
Kubera impamvu z’amasomo, Joseph Kabila Kabange wahoze ari umukuru w’igihugu akaba ari n’umusenateri wa RDC ubuzima bwe bwose, ntazitabira umuhango wo kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi...
.Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, niwe mukuru w’igihugu wa mbere watangajwe ko yageze i Nairobi kwitabira kurahira kwa perezida wa Kenya watowe William Ruto.
Uyu muhango uzaba ejo kuwa...