Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko kuba amaze iminsi bigaragara ko yatakaje ibiro byatewe n’amahitamo yagize yo kunanuka nyuma yo kubona ko yavuye mu bikorwa byo kwiyamamaza yarabyibushye...
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yashyigikiye kwiyamamaza kwa ambasaderi Liberata Rutageruka Mulamula wahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga ku mwanya wo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango...
Umuraperi Kanye West watangiye kwiyamamariza kuyobora Amerika yavuze ko aramutse atorewe kuba perezida yahitamo ko visi perezida we yaba umuraperi mugenzi we witwa...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yihanganishije Abarundi batakaje perezida wabo Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 abayobora kuva mu mwaka wa...
Ibiro bya Perezida wa Republika iharanira demokarasi ya Congo byatangaje ko Perezida Joseph Kabila yamamaganye amakuru avuga ko azongera kwiyamamaza mu matora ateganyijwe mu Ukuboza uyu...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko uhatanira kuyobora u Rwanda, yavuze ko mu gihe cyose amaze mu bikorwa byo kwiyamamaza yabonye umutekano usesuye.
Mpayimana usanzwe ari umukandida wigenda...
Barafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko akaba umukandida wigenda ku mwanya w’umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe tariki ya 04 Kanama uyu mwaka, yatangaje ko yizeye intsinzi mu majwi...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Barafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora...
Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, arashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, nyuma yo kugerageza kuyobora uturere...
Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yiciwe mu mujyi wa Uvira,kuwa 15...
Abakandida babiri bahabwa amahirwe kurusha abandi mu matora ya perezida wa DR Congo none kuwa gatatu bombi bariyamamariza mu mujyi wa Kananga mu Ntara ya...
Kuri uyu wa 22 Ugushyingo, Perezida Tshisekedi ubwo yari muri gahunda yo kwiyamamaza mu mujyi wa Kinshasa, mugace ka Kimpese yijeje abaturage be ko agiye kongera agaciro k’ifaranga ry’igihugu...
Ihuriro ry’Imiryango idaharanira inyungu za politike muri Republika ya Demokrasi ya Kongo riri gusaba Dogiteri Denis Mukwege kwiyamamaza mu matora y’umukuru...