Abasore babiri bakomoka muri Afurika Mohamed Salah na Divock Origi bahesheje Liverpool igikombe cya UEFA Champions League 2018-2019,nyuma yo kuyitsindira ibitego 2-0 yatsinze Tottenham I...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kuvugurura urutonde rw’abakinnyi izakoresha mu mikino ya CAF Confederations Cup aho yongereyemo abanya Mali babiri bakomeye barimo Oumar Sidibé uzwi cyane mu makipe...
Umurambo w’umugabo wasanzwe mu nzu y’umukinnyi w’ikipe ya Arsenal,Mohamed Elneny iherereye mu mujyi wa Mahalla Al-Kubra mu gihugu cye cy’amavuko cya Misiri.
Umutoza wa APR FC witwa Adil Mohammed Erradi,uhembwa akayabo k’ibihumbi 18 by’amadolari ku kwezi,yamaze kugurirwa imodoka nshya ya SUZUKI Vitara yo mu bwoko buheruka gukorwa ifite imiryango...
Umutoza wa APR FC,Mohamed Adil Erradi yabwiye abanyamakuru ko kumubwira gukinisha rutahizamu Sugira Ernest ari ugutesha agaciro iyi kipe ngo kuko afite ba rutahizamu benshi...
Ibitego bya Fabinho,Mohamed Salah na Sadio Mane byafashije ikipe ya Liverpool kwereka isi yose ko uyu mwaka w’imikino ifite gahunda ihamye yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza iheruka...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Mohammad Javad Zarif,yatangaje ko Leta zunze ubumwe za Amerika zamwimye Visa yo kwitabira inama y’umuryango w’abibumbye ishinzwe umutekano ku isi I New York...
Umunya Senegal Sadio Mane w’imyaka 27 yaraye atorewe kuba umukinnyi wahize abandi muri Afurika mu mwaka wa 2019 ahigitse Mohamed Salah na Riyad Mahrez bari...
Umukinnyi Ishimwe Kevin wakinaga asatira mu ikipe ya APR FC yirukanwe burundu mu ikipe ya APR FC nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje ubwo yasuzuguraga umutoza mukuru Adil...
Rutahizamu mushya wa APR FC,Bizimana Yannick yatangaje ko kuba yaratsinze igitego cya mbere muri iyi kipe yabifashijwemo n’umutoza we Adil Mohamed wamuhaye imbaraga ubwo yari afashe...
Muri Shampiyona Nyafurika iri kubera mu Misiri,uyu munsi hakinwe gusiganwa mu muhanda ku ngimbi,aho Umunyarwanda Tuyizere Etienne yegukanye umudali wa zahabu, ahigitse uwitwa Sanbouli Mohammed...
Kuri iki cyumweru habaye imikino itandukanye yaba mu marushanwa ya CAF ndetse no ku mugabane w’I burayi habaye imikino y’ishyiraniro irimo uwahuje Manchester United na Liverpool na Real Madrid na...
Adil Erradi Mohammed umutoza wa APR FC yavuze ko kubona Jaques Tuyisenge yikura mu mwiherero w’iyi kipe mbere y’umukino wa kiyovu Sport ari ikosa rikomeye yakoze rikamutungura nk’umuntu yafataga...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije...
Umugabo wo mu Misiri washakanye n’umugore ukubye kabiri imyaka ye yavuze ko batandukanye nyuma yo kumukoresha nk’umucakara mu "gukora imibonano mpuzabitsina".
Kuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye amakuru ko ikipe ya Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Mohamed Wade uheruka gutsindwa na Gasogi United bituma ikipe ijya ahabi mu gushaka igikombe cya...
Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize Minisitiri w’ibidukikije wa Nigeria, Amina J. Mohammed, Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni.
Ibi...
Kuri uyu munsi taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Simba SC mu mukino waberaga muri Tanzania kuri Uwanja wa Taifa mu mugi wa Dar es Salaam ndetse wateguwe nayo mu...