Nyuma y’uko Umuvugizi wa Mushikiwabo, Oria Vande Weghe atangaje ko wemeje ko Umunyamabanga Mukuru wawo, Louise Mushikiwabo, atazitabira imikino ya Francophonie, izatangira ku wa Gatanu i Kinshasa...
Umutoza mushya wa Rayon Sports,Yamen Zelfani,yatangaje ko yishimiye ko yanyagiye APR FC ibitego 3-0 ndetse ko byose byaturutse ku kuba abakinnyi be bumviye amabwiriza...
Umukinnyi wo hagati wa Rayon Sports,Kalisa Rashid yavuze ko yakuwe mu rugo igitaraganya ngo aze gusimbura Aruna Madjaliwa bakinana wakuwe mu ikipe ku munota wa...
Repubulika ya demukarasi ya Congo yitabiriye inama y’ibihugu by’ibihangange bihuriye mu muryango BRICS ugizwe na Brazil, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa na Afurika...
Colonel Mike Mikombe ushinzwe ingabo zirinda umukuru w’igihugu ziri mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abaturage ingabo ze ziherutse kurasa bagiye mu...
Muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano yadutse mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, hagati y’inyeshyamba za M23 ndetse n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu kiswe...
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka...
Perezida Tshisekedi mu kiganiro n’abanyamakuru i New York kuwa kabiri,yabwiye abanyamakuru ko ku bufasha bwa Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu,UAE, igihugu cye ubu cyubatse ubushobozi bukomeye bwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe...
Umutingito wabaye kuri iki Cyumweru wangije amazu y’abaturage unasenya ibyumba bibiri by’amashuri mu murenge wa Rugabano n’uwa Gashari mu Karere ka Karongi.
Umwuka mubi watutumbye hagati y’ihuriro ry’amashyaka Union Sacrée riyobowe Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na FCC rya Joseph Kabila wamubanjirije ku...
Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
Minisitiri w’Itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’icyo gihugu, yemeje ko abenshi mu baturage b’iki gihugu bifuza ko cyajya mu...
Perezida w’Icyubahiro wa TP Mazembe, Moïse Katumbi, yemeye kwishyurira amatike abafana b’iyi kipe batuye i Dar es Salaam no mu nkengero zayo ubwo izaba yakira ES Tunis muri African Football League,...
Umuvugizi wungirije w’umutwe wa M23 ishami rya Politike, Canisius Munyarugero yatangaje ko ingabo z’Uburundi zafatiwe ku rugamba ku Cyumweru mu mirwano ikomeye yabereye muri teritwari ya Masisi,...