Umugabo wo mu gihugu cy’u Bushinwa yaciwe amande nyuma yo gufata icyemezo cyo guca indi mirongo mu muhanda nyabagendwa w’ibinyabiziga.Avuga ko ari umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko atinzwa...
Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba...
Ku itariki 15 Mutarama uyu mwaka Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rubavu yafashe moto ebyiri zibwe mu Mujyi wa Kigali; abagabo babiri bazifatanwe bakaba bafunzwe.
Umwe ni Niyonkuru Japhet w’imyaka...
Umuhanzikazi Esther Akoth ubusanzwe uzwi kukabyiniro ka Akothee wavukiye mu igihugu cya Kenya akaba yaratwaye igikombe cy’ umuhanzikazi mwiza wa afurika mu mwaka wa 2016 igihembo yahawe n’ itsinda...
Umuhanzi Barbie Jay ukomoka muri Uganda yaguwe gitumo na Police ya Lubaga ubwo yararimo gusambanira ku muhanda nyuma yo gufatirwa mu cyaha akabihakana avugako yari ategereje umuntu, kubera...
Umunyamideli witwa Toni Kelly yahuye n’uruva gusenya ubwo yari amaze gufata ku gasembuye na Cocaine bikamushuka,akurira inzu ye bikamuviramo guhanuka agapfa.
Uyu munyamideli yakundaga inzoga na...
Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho...
Abagera kuri 30 biganjemo abana baguye muri bisi yari itwaye abanyeshuli mu Buhindi,yahanutse ku manga y’umusozi wo majyaruguru y’iki gihugu ahitwa Himachal Pradesh.
Iyi bisi yarimo abanyeshuli...
Umuhanuzi Jacob ukomeye mu gihugu cya Afurika y’ Epfo yasengeye amazi ahinduka Peteroli mu iteraniro ry’abantu benshi baje kureba ibitangaza.
Ku cyumweru taliki ya 1 Mata 2018 ku munsi mukuru wa...
Umusore witwa Mc Mariachi hamwe n’ umurinzi we Michael Bunjo kuwa gatandatu taliki ya 30 Kanama 2018 batawe muri yombi bazira gukubita umupolisi bamuciraho imyenda...
Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana...
Umunyezamu w’ikipe ya Tottenham Hugo Lloris ashobora kwamburwa kuba kapiteni,nyuma yo gutabwa muri yombi na Polisi atwaye imodoka yasinze bituma ajyanwa mu ikasho yamazemo amasaha 7 ahatwa...