skol

Ad Restricted

Menya ibyo wakorera umukunzi wawe bigatuma akomeza kukubaha no kugukundwakaza

1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi (…)

Abatunze za Miliyari z’amafaranga basabwe kugoboka abakomeje kwibasirwa n’inzara

Ku wa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020, Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), (…)

Tuyisenge w’imyaka 23 yishe umugore we Claudine w’imyaka 32 bapfa Telefone

Mu Mudugudu wa Mikingo, Akagari ka Mudakama, Umurenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, umugabo (…)

Congo:Iperereza rirarimbanije ku kayabo k’amafaranga yo guhemba abakozi ba leta yaburiwe irengero

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iperereza ku irengero rya miliyoni zisaga 250 (…)

Kizito Mihigo yahawe igihembo cya ‘Václav Havel International’, bwa mbere gihawe umuntu utakiriho

Bwa mbere mu mateka, Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRF (Human Righs (…)

Bimwe mu byamamare bikomeye byiyemeje gukurikiranira hafi urubanza rwa Rusesabagina

George Clooney, icyamamare muri cinema, n’umugore we Amal Clooney, biyememje kuzakurikiranira (…)

Paul Rusesabagina yahishuye ko ubwo yatabwaga muri yombi yari aziko agiye mu Burundi

Kuwa Kabiri tariki ya 15 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 (…)

Menya itandukaniro riri hagati y’imboga n’imbuto

Usanga abantu hafi ya bose bazi ko kurya imboga n’imbuto ari byiza ku buzima kandi bifitiye (…)

Ubutegetsi bushya bw’u Burundi nta kizere bufitiwe mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu

Ubutegetsi bushya bw’u Burundi buyobowe na Perezida Evariste Ndayishimiye nta kizere bufitiwe mu (…)

Sudani: Abasaga 40 bafatanywe ibiturika byinshi byasenya umujyi wose wa Khartoum

Abategetsi bo muri Sudani batangaje ko abantu 41 batawe muri yombi, nyuma yuko basanzwe bafite (…)

Umukobwa wa Paul Rusesabagina yanenze imyitwarire y’igihugu cy’u Bubiligi

Umukobwa wa Paul Rusesabagina, Carine Kanimba, yanenze imyitwarire y’igihugu cy’u Bubiligi (…)

Yiswe umubyeyi w’ikinyejana nyuma yo kugurira abakobwa be 3 imodoka zihenze cyane[AMAFOTO]

Florence Ifeoluwa Otedola, umukobwa w’imyaka 27 uzwi nka Dj Cuppy, yamenyekanye cyane kubera (…)

Perezida Magufuli yongeye guhuriza ku meza imwe abakeba,Diamond,Ali Kiba na Harmonize[AMAFOTO]

Perezida wa Repubulika ya Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli akomeje gushyikira abahanzi Diamond (…)

Reba akamaro ka Tungurusumu birimo no kwirukana imibu mu nzu

"Mureke ibiryo bibe imiti, n’imiti ibe ibiryo” “Let food be thy medicine, and medicine be thy (…)