skol

Ad Restricted

Urubanza rwa Paul Rusesabagina ruzakurikiranwa n’ikigo cy’Abavoka b’Abanyamerika

Ikigo cy’Abavoka b’Abanyamerika baharanira Uburenganzira bwa Muntu cyatangaje kuri uyu wa Mbere (…)

Bugesera:Gitifu yahishuye ko mu bariye imbwa ntawe bazi zaguye nabi

Mu mudugudu wa Heru, Akagari ka Nyakayenzi mu Murenge wa Ngeruka mu Karere ka Bugesera, (…)

Reba ibizakwereka ko uwo mukundana mukwiranye

1. Reba niba mwizerana. Ntibihagije kuba wizera uwo ukunda ahubwo bisaba ko ureba niba nawe (…)

Amerika yahakanye ibyo gushinga ibirindiro bya gisirikare mu Rwanda

Nk’uko byakomeje guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga mu mpera z’icyumweru gishize, Leta Zunze (…)

Umugabo yatemye inda umugore we akoresheje urukezo biviramo umwana yaratwite gupfa

Polisi y’Ubuhinde ivuga ko umugore utwite bivugwa ko inda ye yatemwe igatoborwa n’umugabo we (…)

Reba urutonde rw’inyubako zihenze cyane ku isi[AMAFOTO]

Inzu ni kimwe mu bintu bihenda kuva itangijwe kubakwa kugeza isojwe,ndetse abenshi bazi ko inzu (…)

Reba ubwoko 9 bw’amafunguro wafata agafasha ubwonko bwawe ndetse n’ubwenge gukora neza

Hari amafunguro yafasha ubwonko bwacu bitewe na vitamini zigiye zirimo n’ibindi bifasha ubwonko (…)

Kuterekana indangamuntu byatumye Jose Chameleone abura amahirwe yo kuyobora Kampala

Kuri iki Cyumweru tariki 20 Nzeri 2020, umuhanzi wo muri Uganda, Joseph Mayanja uzwi nka Jose (…)

Burundi:Brig. Gen. Athanase Kararuza yiciwe hamwe n’umuryango we,abafite imyanya ikomeye muri Leta batungwa agatoki

Brig. Gen. Athanase Kararuza wari umujyanama wa Visi Perezida wa Repubulika y’u Burundi yiciwe (…)

Umurambo wasabye amazi yo kunywa mbere yo gushyingurwa

Ibaze nawe kuri ibi bintu bisa n’igitangaza byabereye mu gace ka Ahero gaherereye mu ntara ya (…)

Musanze:Salongo yahurije hamwe abagore be 8 abaha impano z’uko bamwakiriye neza kandi babanye nawe neza[AMAFOTO]

Umunyamakuru wa BBC dukesha iyi nkuru yasanze iwe abagore be bahahuriye, aha umugore muto (…)

Umugore yatangaje benshi ubwo yashyiraga hanze amafoto avuga ko yizihiza isabukuru y’imyaka 40[AMAFOTO]

Umugore wo mugihugu cya Afurika y’epfo yatangaje benshi ubwo yagaragazaga amafoto yizihiza (…)

Reba ibyo utazi ku mwambaro wa “BIKINI” uvugisha abatari bake[AMAFOTO]

Muri iki gihe, umwambaro wa Bikini wambarwa nabakobwa n’abagore bagiye mu bikorwa byo (…)

Zirikana ibi bintu niba wifuza kongera ibiro,Umenye n’udukoryo mu kurya twabigufashamo

Muri iki gihe abantu benshi bari mu nkundura yo gushaka uko bagabanya ibiro dore ko kugira ibiro (…)