skol

Ad Restricted

Ibigo byose byavurirwagamo abarwayi ba Coronavirus muri Tanzania bigiye gufungwa

Tanzania igiye gufunga ibigo by’akato bivurirwamo abarwayi ba coronavirus kuko abategetsi bavuga (…)

Reba urutonde rushya rw’ibyamamare/kazi 10 byinjiza agatubutse kuri Instagram

Icyamamare Dwayne Johnson uzwi cyane nka The Rock, umukinnyi wa filimi akaba icyamamare mu (…)

Leta ya Uganda yateye utwatsi ibirego Ambasaderi Frank Mugambage yongeye kuyishinja

Ibirego bishya by’u Rwanda bishinja Leta ya Uganda kongera guta muri yombi Abanyarwanda batazwi (…)

Vanessa Mdee uherutse gutangaza ko ahagaritse umuziki yihanangirije abavuga ko umukunzi we yamuhohoteye

Umuhanzikazi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba asigaye yibera Atlanta (…)

Ali Kiba yatandukanye n’umuyobozi we w’umugore nyuma y’amezi 8 gusa[AMAFOTO]

Umuyobozi mukuru wa King Music Record Label, Ali Saleh Kiba uzwi cyane ku izina rya Alikiba (…)

Urupfu rw’umuhanzi wo muri Ethiopia rumaze guhitana abantu 166

Imyigaragambyo ishingiye ku moko yakurikiye iyicwa ry’umuhanzi Hachalu Hundessa wo muri Ethiopia (…)

Umuhanzi Kanye West mu nkundura yo guhangana na Donald Trump mu kuyobora Amerika

Umuhanzi Kanye West yatangaje ko agiye guhangana na Dolnald Trump mu matora ya Perezida wa (…)

Umuhinde wambara agapfukamunwa gakoze muri Zahabu gahagaze akayabo k’Amamiliyoni y’amafaranga y’u Rwanda yavugishije benshi

Umugabo w’Umuhinde aravugwaho kuba yarishyuye ibihumbi 289 by’Amafaranga akoreshwa mu Buhinde (…)

Hoteli ya mbere ku Isi isize Zahabu imbere n’inyuma yafunguwe

Muri Vietnam hafunguwe Hoteli ya mbere ku Isi isize zahabu (gold-plated) inyuma n’imbere ndetse (…)

Ba bana 4 bishwe na Mama wabo ubabyara ’Beatrice’ abanize bashyinguwe

Mu gihugu cya Kenya, mu gace ka Kinangop, abaturage bashyinguranye agahinda n’akababaro abana 4 (…)

Reba urutonde rw’amakipe 5 igihangage Lionel Messi ashobora kwerekezamo

Ibinyamakuru byandika Siporo ku mugabane w’Uburayi bimaze iminsi bivuga ko Kapiteni wa FC (…)

Polisi y’u Rwanda yavuze ku murobyi w’Umurundi Ndagijimana Sylvestre warashwe

Mu gitondo cy’uyu wa 5 Nyakanga 2020, Polisi y’u Rwanda yavuze ko umurobyi witwa Ndagijimana (…)