skol

Ad Restricted

Minisiteri y’ubutabazi yavuze ukuri ku babonye ubutaka bugenda i Nyamagabe bakabihuza na Coronavirus hanyuma bakabyita imperuka

Mu mpera z’icyumweru gishize, abakoresha imbuga nkoranyambaga bakwirakwije amashuhso yerekanaga (…)

Ibizamini by’abasaba kwinjira muri Polisi y’igihugu n’impushya zo gutwara ibinyabiziga byahagaritswe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga (…)

Inama mpuzamahanga 6 zari kwinjiriza u Rwanda akayabo k’amafaranga zimaze gusubikwa kubera Coronavirus

Kuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu (…)

Umugabo yinjiye muri banki mu buryo butemewe maze yituma mu byumba byayo

Kakamega muri Kenya, umugabo witwa Jason Munai yinjiye muri banki mu buryo butemewe nuko yituma (…)

Pasiteri Muwanguzi yatawe muri yombi nyuma yo kwakira mu rusengero Bobi Wine

Mu gihugu cya Uganda, Umushumba w’urusengero rwitwa True Worship Centre, Pasiteri Andrew (…)

Princess Shyngle yavuze uburyo akorana imibonano mpuzabitsina n’ibitsina byombi

Nyuma y’ibihuha byakomeje kumuvugwaho ariko agakomeza kwihagararaho yirinda kugira icyo (…)

Huddah Monroe yavuze uburyo adashobora kubaho nta gitsina cy’umugabo abona

Huddah Monroe n’umwe mubagore batavugwaho rumwe Kenya yigeze ibona. Uyu mukobwa w’icyamamare (…)

Hoteli za Cristiano Ronaldo zigiye guhindurwa ibitaro byita ku barwaye Coronavirus

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Juventus yo mu Butaliyani, Cristiano Ronaldo, yemeje (…)

Tanasha yanyomoje ibihuha bimuvugaho bikomeje gukwirakwizwa

– Tanasha Donna yasabye abakunzi be kwtitondera ibinyoma bikwirakwizwa kuri interineti – Nk’uko (…)

Bazimaziki Celestin umurambo we watoraguwe mu mugezi wa Nyabarongo

Umurambo w’uwitwa Bazimaziki Celestin w’imyaka 37 watoraguwe mu mugezi wa Nyabugogo mu gitondo (…)

Lionel Messi yishyize mu kato kubera Coronavirus

Lionel Messi ukinira Ikipe ya FC Barcelone yo muri Espagne, yahisemo kwishyira mu kato mu (…)

Gen. Tumukunde arashinjwa ibyaha bishobora gutuma akatirwa urwo gupfa

Rtd Lt. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda kuri ubu uri mu (…)

Reba impamvu icyorezo cya Coronavirus kidakwiye gutuma abantu bashya ubwoba

Coronavirus ubu igeze hafi yacu kurusha uko twayumvaga mu mezi abiri ashize, Kenya, Ethiopia, DR (…)

Menya byinshi biteye amatsiko kuri Mama Sava watinyaga Niyitegeka Gratien[AMAFOTO]

Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava, yavuze ko mu myaka itatu amaze mu mwuga wo gukina (…)