Muhire Kevin wavuye mu ikipe ya Rayon Sports nta ruhushya ndetse akagaragaza imyitwarire mibi mu ntangiriro z’iyi shampiyona,yongeye kugaruka mu myitozo y’iyi kipe ku munsi w’ejo taliki ya 30...
Mu karere ka Muhanga Uwitije Beatrice utuye mu kagari ka Makera, mu murenge wa Cyeza yatwitse umwana we w’umukobwa ufite imyaka 11 y’amavuko kubera amakosa yoroheje yakoze.
Umuvugizi wa Polisi...
Belinda Ingabire ni umwe mu bakobwa 35 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda (Miss Rwanda 2018), akaba umwana wa kabiri mu bana batatu babyawe na nyakwigendera Kayitare Innocent na Kaitesi...
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel avuga ko ibi bihugu byombi bituye hagati y’ abanzi babyo asaba Abanyarwanda gukora cyane u...
Umukuru w’igihugu wa Afrika y’epfo Jacob Zuma yanze ibisabwa n’ishyaka riri ku butegetsi, ANC, by’ uko yatanga ubutegetsi. Ibi byatangaje n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu.
Perezida Zuma...
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko kwitwara neza mu rugo aribyo bizatuma abasha gusezerera ikipe ya Lydia Ludic yo mu Burundi akerekeza mu cyiciro gikurikiraho....
Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yatumiye mugenzi we wa Koreya y’ Epfo mu biganiro byo kuzahura umubano w’ ibihugu byombi umaze igihe urimo agatotsi.
Ibi biganiro byatangiye ubwo ibi...
Abaturage barimo abagore n’abagabo bo mu midugudu itanu y’akagari ka Mpinga ni mu murenge wa GIKUNDAMVURA wo mu karere ka Rusizi bafungiwe kubiro by’uyu murenge aho bakekwaho kuroga.
Ubuyobozi...
Umuririmbyi Asinah Erra wibanda ku njyana ya Dancehall arabarizwa mu gihugu cya Mali aho yitabiriye inama yiganjemo abagore b’Abanyapolitiki.
Iyi nama yitabiriye iriga ku kugarura amahoro muri...
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Muvunyi Paul yagiriye inama Umutoza Karekezi Olivier yo kuvugurura umukino wa Rayon Sports kugira ngo agumane akazi ke nubwo batangiye kuganira n’umubiligi Ivan...
Kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubuholandi Halbe Zijlstra yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemera ko yabeshye ko yigeze kugirana ibiganiro/inama na Perezida Vladimir...
Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ku itariki ya 14 Gashyantare, yafatanye abagabo babiri amapaki 900 y’amasashi ya Pulasitiki atemewe gukoreshwa mu Rwanda mu bikorwa binyuranye...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu gihugu cy’Ubudage yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki .
Ibiro by’umukuru w’igihugu cy’U Rwanda, Village...
Umuhanzikazi Esther Akoth ubusanzwe uzwi kukabyiniro ka Akothee wavukiye mu igihugu cya Kenya akaba yaratwaye igikombe cy’ umuhanzikazi mwiza wa afurika mu mwaka wa 2016 igihembo yahawe n’ itsinda...
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ umugabo witwa Azam FC CEO Van Mohamed ubwo yashyigikirwaga n’ umugore we Zainab Abdallah kurongora undi mukobwa wa kabiri nawe akajya mu muryango wabo ....