Amahuriro y’abarundi baba mu bihugu by’i Burayi”FODIB” na Canada “ABC” baranenga umwanzuro wa Evariste Ndayishimiye wo kohereza abasirikare b’igihugu muri Kongo kurwana na M23 kandi ngo yabikoze...
Leta y’u Rwanda irizeza iy’u Burundi ubufatanye mu gucyura ku bushake impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda, ni nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere u Rwanda rwakiriye intumwa za leta y’u Burundi zije mu...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru cyo ku ya 1 Ukwakira 2023 nibwo ,umuhanzi nyarwanda The Ben yakoreye igitaramo i Bujumbura mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa...
Binyuranyije n’ ugushaka kw’ Abarundi bafite gahunda yo gusinyura amasezerano y’ Umuryango w’ Abibumbye ku burenganzira, ku wa Gatanu tariki 28 Nzeli abanyamuryango ba UN ishami riharanira...
Abanyarwanda babiri ndetse n’umwe mu bayoboke b’ihuriro Amizero y’Abarundi kuri uyu wa Kane batawe muri yombi n’urwego rushinzwe ubutasi mu Burundi (SNR).
Col Tawimbi Richard wari umuyobozi w’inyeshyamba za Gumino, ucyekwaho gukorana n’abarwanyi ba Kayumba Nyamwasa n’abarundi, yafashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu...
Abarundi bacitse ururondogoro kubera amakuru ari kuvugwa ko umugore wa Perezida Pierre Nkurunziza ashobora kwiyamamariza kuyobora Uburundi mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka...
Leta y’Uburundi yatangaje ko igihugu cy’u Rwanda n’uwahoze ari perezida w’iki gihugu Pierre Buyoya bihishe inyuma y’umugambi wo kwirukanwa kw’abasirikare 1000 b’abarundi mu butumwa bwa AMISOM muri...
Kuva kuwa 31 kugera kuwa 07 Mata uyu mwaka,inyeshyamba zivuga ikirundi zinjiye mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Nduta muri Tanzania,zisambanya abagore ku ngufu barimo umwana w’umukobwa w’imyaka 14...
Uwari Perezida w’Uburundi Nyakubahwa Pierre Nkurunziza yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Kamena 2020 azize guhagarara k’umutima nkuko byavuzwe na Guverinoma y’u...
Inyeshyamba zo mu mutwe wa Red Tabara zatangaje ku mugaragaro ko zigiye kurwanya Leta y’Uburundi zikoresheje ingufu ziboneraho gusaba Abarundi kuwushyigikira.
Mu itangazo uyu mutwe wasohoye,...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko kuwa 29 Nzeri 2020 zafashe mpiri abarwanyi 19 bavuga ko ari abo mu mutwe wa RED TABARA wigamba ko urwanya Leta y’u Burundi.
Abayobozi bakuru mu Burundi bagize icyo bavuga ku kibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Petero aho Perezida Evariste Ndayishimiye yemeje ko iki kibazo kizakemuka mu kwezi kumwe mu gihe Minisitiri...
Ubwo yifatanyaga n’abatuye be muri Komini Mishiha, intara ya Cankuzo, mu muganda wo ku itariki ya 15 Mata 2023 Perezida Ndayishimiye yibasiye abavuga ko Abarundi...