Polisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’...
Umudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro w’ amashanyarazi ukomoka ku mirasire y’ izuba inawubahira ibiro byiza kuko wabaye indashyikirwa...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2016, shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda irabakomeza, Mukura Victory Sport yakira Rayon Sports bakinire kuri Stade ya Huye saa 15:30.
Ni...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko...
Umunyamideli Amber Rose Levonchuck yigambye kuba aho yavukiye ariwe mukobwa wenyine w’ikizungerezi uhakomoka, ngo gukurira muri ako gace kuri we byamubereye umuvumo n’ umugisha.
Ibi uyu mukobwa...
Amakuru aturuka I Vatican aravuga ko indege itwara umushumba mukuru wa kiliziya gatorika ku Isi Papa Francis kuri ubu uri mu ruzinduko rw’ iminsi itanu mu gihugu cya Colombia yahinduye amayira...
GABI Ltd rukoresha toni 25 z’ ibitoki mu gitariro kimwe
Abaturage batandukanye bo mu karere Gisagara bavuga ko uruganda rwega urwagwa ruzwi ku izina RABI Ltd rwabafashije kwiteza imbere.
Bamwe...
Umuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’...
Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari...
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane....
Abantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye.
Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11...
Mu gihe ibintu bitarasobanuka neza mu gihugu cya Zimbabwe ngo hamenyekane niba Perezida Robert Mugabe asimburwa ku butegetsi cyangwa yemererwa kurangiza ye, hari umugabo ukekwaho ko yaba ariwe...
Abagore bo mu karere ha Huye n’ aka Gisagara baravuga ko kuba Leta y’ u Rwanda yarabageneye imyanya 30% mu nzego zifatirwamo ibyemezo bibafitiye akamaro. Barasaba abadepite batoye kuzahanira ko u...
Guverineri w’ Intara y’ amagepfo Mureshyankwano Rose yanenze abasore n’ inkumi biga mu mashuri yisumbuye bajya mu biruhuko bakirirwa mu gitanda aho gufasha ababyeyi imirimo avuga ko we yiga muri...
Umunyamakuru, Gatera Edmond wamenyekanye cyane mu byegeranyo by’imikino mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko na Mukarugamba...
Abagabo n’abagore bafatiwe na polisi mu kabari i Nyamagabe, ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Gasaka, baricuza icyaha cyo kurenga ku mabwiriza yo kutajya mu tubari mu rwego rwo...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije...
Paul Rusesabagina watawe muri yombi mu minsi ishize ariko akerekwa abanyamakuru ku munsi w’ejo tariki ya 31 Kanama 2020,yavukiye i Murama ya Gitarama ku wa 15 Kamena...