Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
Bimwe mu byamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byababajwe n’amagambo ya perezida wa USA Donald Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani ndetse bimwe byakoresheje ibitutsi mu kunenga...
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yatangaje ko umwe mu bakozi ba perezida wa USA Donald Trump yamubwiye ko azamwica kugira ngo adashyira hanze ibyerekeranye n’uko baryamanye mu...
Vassily Nebenzia uhagarariye Uburusiya mu muryango w’Abibumbye yatangaje ko hari amahirwe menshi y’uko Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bishobora kuzakozanyaho bapfa...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na mugenzi we wa Iran Hassan Rouhani barimo guterana amagambo buri umwe yereka mugenzi we ko akomeye n’ undi bikaba...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
Abongereza banga perezida Donald Trump bahohoteye umufana we wari wambaye ingofero yanditseho "Make America great again" ,bamumena amata mu mutwe ndetse bamuririmbira indirimbo zuzuye urwango...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza no kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda, yatangaje ko atifuza kubaho cyangwa se kwemeza Brack Obama wayoboye Amerika,...
Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al Hussein, yatangaje kur’uyu wa gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru i Geneve mu Busuwisi ko itangazamakuru ryo muri...
Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo gukora intwaro kirimbuzi idashobora kuwuhagarika uko byagenda kose, ngo yakwemera ikarisha n’ibyatsi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko ashobora kwisubiraho ku cyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda y’impushya zahabwaga abimukira batagira ibyangombwa bageze muri...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe Amerika, yavuze ko gukoresha ingufu za gisirikare mu gushaka igisubizo ku kibazo cya Koreya ya Ruguru atari ingingo yaza imbere y’ibindi byose.
Ibyo...
Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko ateganya kwemera ko amadosiye akubiyemo iby’urupfu rwa John F Kennedy wahoze ari perezida wa Amerika zijya ahagaragara.
Trump yanyujije...
Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12.
Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 Igipolisi mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko hari umuntu cyataye muri yombi igihe cyari gitabajwe...
Abashinzwe umutekano mu gihugu cya Misiri, batangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017 ko igitero cya bombe n’imbunda cyagabwe mu musigiti uherereye muri Sinai cyahitanye abantu...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 ko ashyigikiye kandidatire y’umurepubulikani Roy Moore urimo guhatanira umwanya wo...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije umuririmbyi Jay-Z wamwise "agakoko gateye ubwoba" anahishura ko ku buyobozi akomeje gufasha benshi kubona imirimo.
Mu butumwa bwe...
Umugabo witwa William Clyde Gibson ukomoka muri leta ya Indiana muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yatunguye abantu ubwo yatangarizaga umunyamakuru ko abagore 3 ubushinjacyaha bwamushije ko yishe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump mu gice cy’umwaka amaze guhombya ikipe ya Manchester united akayabo ka miliyoni 29 z’amapawundi.
Bitewe n’impinduka uyu muperezida yakoze ku...
Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w’Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye...
Miss Erika Canela, wahize abandi mu kugira ikibuno kinini kuri iy’Isi , wishyizeho Tattoo y’ishusho ya Donald Trump ku mugongo ndetse no ku kibuno cye.