skol
Kigali

Search: Donald (944)

Trump yicuza kuba atararyamanye n’igikomangoma cy’Ubwongereza

Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
27 September 2017 4134 0

Ibyamamare byatutse Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani

Bimwe mu byamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byababajwe n’amagambo ya perezida wa USA Donald Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani ndetse bimwe byakoresheje ibitutsi mu kunenga...
13 January 2018 693 0

Umukozi wa Trump yateye ubwoba umukinnyi wa filimi z’urukozasoni washatse gushyira hanze uko baryamanye

Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yatangaje ko umwe mu bakozi ba perezida wa USA Donald Trump yamubwiye ko azamwica kugira ngo adashyira hanze ibyerekeranye n’uko baryamanye mu...
26 March 2018 335 0

Uhagarariye Uburusiya muri UN yemeje ko intambara hagati y’Uburusiya na USA ishoboka

Vassily Nebenzia uhagarariye Uburusiya mu muryango w’Abibumbye yatangaje ko hari amahirwe menshi y’uko Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bishobora kuzakozanyaho bapfa...
13 April 2018 2207 0

Trump arimo guterana amagambo na Perezida wa Iran

Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na mugenzi we wa Iran Hassan Rouhani barimo guterana amagambo buri umwe yereka mugenzi we ko akomeye n’ undi bikaba...
23 July 2018 963 0

Stormy Daniels waryamanye na perezida Trump yandagaje bikomeye igitsina cye

Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
19 September 2018 3749 0

Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong-Un yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Trump akasigaye...

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
27 February 2019 3754 0

Umufana wa Trump yahohotewe bikabije n’Abongereza bamwanga urunuka [AMAFOTO]

Abongereza banga perezida Donald Trump bahohoteye umufana we wari wambaye ingofero yanditseho "Make America great again" ,bamumena amata mu mutwe ndetse bamuririmbira indirimbo zuzuye urwango...
4 June 2019 2363 0

Joe Biden na Kamala Harris bavuga ko Trump asize Amerika ari ’ubushwangi’

Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
13 August 2020 875 0

Facebook yakuye ’ijwi rya Trump’ ku rubuga rwayo

Facebook yakuye videwo y’uwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump kuri paji y’umukazana we Lara Trump.
1 April 2021 309 0

Umuyobozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya Trump yeguye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
21 July 2017 359 0

Katalunya yiyomoye kuri Espagne nyuma y’ imyigaragambyo imaze iminsi- AMAFOTO

Abadepite basaga 70 nibo bemeje uyu mugambi w’uko Catalogne iba Repubulika. Abadepite 10 babyanze naho babiri bakifata. Abari bishimiye iyi ntsinzi bahise batera indirimbo y’igihugu...
27 October 2017 1945 0

Ni inde wabwiye Obama na Trump ko ngomba kubaho nkabo?-Perezida Kagame

Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza no kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda, yatangaje ko atifuza kubaho cyangwa se kwemeza Brack Obama wayoboye Amerika,...
14 August 2017 5390 0

ONU irashinja Perezida Trump kugaba ibitero ku Itangazamakuru

Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al Hussein, yatangaje kur’uyu wa gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru i Geneve mu Busuwisi ko itangazamakuru ryo muri...
31 August 2017 698 0

Putin yavuze ko Koreya ya Ruguru yakwemera ikarisha ibyatsi ariko igakomeza gukora intwaro

Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo gukora intwaro kirimbuzi idashobora kuwuhagarika uko byagenda kose, ngo yakwemera ikarisha n’ibyatsi...
5 September 2017 3673 0

Abarenga 800,000 bashobora kwirukanwa muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko ashobora kwisubiraho ku cyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda y’impushya zahabwaga abimukira batagira ibyangombwa bageze muri...
6 September 2017 948 0

Trump: Gutera Koreya ya Ruguru sicyo kiza imbere y’ibindi bihangayikishije Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe Amerika, yavuze ko gukoresha ingufu za gisirikare mu gushaka igisubizo ku kibazo cya Koreya ya Ruguru atari ingingo yaza imbere y’ibindi byose. Ibyo...
7 September 2017 713 0

Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Perezida Trump yeguye

Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
30 September 2017 443 0

Trump yemeye ko dosiye ikubiyemo iby’iyicwa rya Perezida Kennedy ijya ahagaragara

Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko ateganya kwemera ko amadosiye akubiyemo iby’urupfu rwa John F Kennedy wahoze ari perezida wa Amerika zijya ahagaragara. Trump yanyujije...
21 October 2017 798 0

Uwayoboye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Trump yashinjwe ibyaha 12

Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12. Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za...
31 October 2017 579 0

I New York: Abantu 8 bishwe mu gitero cy’iterabwoba-AMAFOTO

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 Igipolisi mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko hari umuntu cyataye muri yombi igihe cyari gitabajwe...
1 November 2017 485 0

Misiri: Abarenga 230 barasiwe mu musigiti, hashyizweho iminsi itatu y’icyunamo

Abashinzwe umutekano mu gihugu cya Misiri, batangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017 ko igitero cya bombe n’imbunda cyagabwe mu musigiti uherereye muri Sinai cyahitanye abantu...
24 November 2017 1123 0

Trump ashyigikiye umukandida uregwa ubushurashuzi

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 ko ashyigikiye kandidatire y’umurepubulikani Roy Moore urimo guhatanira umwanya wo...
5 December 2017 328 0

Trump yasubije Jay-Z wamwise agakoko gateye ubwoba

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije umuririmbyi Jay-Z wamwise "agakoko gateye ubwoba" anahishura ko ku buyobozi akomeje gufasha benshi kubona imirimo. Mu butumwa bwe...
29 January 2018 2773 0

Maradona yangiwe kwinjira muri Amerika kubera gutuka Trump

Diego Maradonna wabaye icyamamare mu mupira w’amaguru ku Isi yangiwe kwinjira muri USA kubera gutuka perezida w’iki gihugu Donald Trump amwita ’chirolita’ bisobanura umuntu w’agaciro gake. Maradona...
2 February 2018 909 0

Yatunguye benshi ubwo yatangazaga ibyaha ubushinjacyaha bwibagiwe kumushinja

Umugabo witwa William Clyde Gibson ukomoka muri leta ya Indiana muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yatunguye abantu ubwo yatangarizaga umunyamakuru ko abagore 3 ubushinjacyaha bwamushije ko yishe...
3 February 2018 2843 0

Trump yahombeje Manchester United akayabo ka miliyoni 29

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump mu gice cy’umwaka amaze guhombya ikipe ya Manchester united akayabo ka miliyoni 29 z’amapawundi. Bitewe n’impinduka uyu muperezida yakoze ku...
9 February 2018 2821 0

Icyamamare muri sinema cyatutse Trump kiramwandagaza

Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w’Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye...
25 February 2018 2358 0

Amerika n’abambari bayo barashe ibisasu ku ngabo z’Uburusiya ziri muri Siriya

Igihugu cya USA gifatanyije n’Ubwongereza n’Ubufaransa bohereje ibisasu ku ngabo z’Uburusiya ziri mu gihugu cya Siriya bakoresheje indege ndetse biravugwa ko byishe ingabo zigera kuri 200 z’iki...
14 April 2018 11626 0

Umukobwa ufite ikibuno cyiza ku isi yishyizeho ifoto ya Trump ku kibuno ndetse no mu mugongo [ AMAFOTO]

Miss Erika Canela, wahize abandi mu kugira ikibuno kinini kuri iy’Isi , wishyizeho Tattoo y’ishusho ya Donald Trump ku mugongo ndetse no ku kibuno cye.
6 May 2018 7193 0
0 | ... | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | ... | 930