Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 08/8/2019 saa saaba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa (inzu) wa Ntakirutimana Emmanuel...
Abantu 25 biganjemo urubyiruko baraye bafatiwe mu rugo rwa William Mutabazi bari kureba imikino ibanza ya ¼ cya UEFA Champions League, mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho benshi mu baturage bayitabiriye mu bwoba bwinshi bikanga...
Inzu yo mu bwoko bwa ‘Four in One’ yatujwemo imiryango ine (4) y’abarokotse Jenoside batishoboye bamazemo ukwezi kumwe n’igice irava cyane, hejuru no hasi naho iri gusenyuka nk’uko babigaragaza....
Bamwe mu bakozi b’umurenge wa Rukumberi n’abanyamabanga nshingwabikorwa ba tumwe mu tugari tuwugize, barashinja gitifu Arcade MURAGIJEMUNGU kubategekesha igitugu no kubatukira mu ruhame bigatuma...
Harry n’umufasha we Meghan bafite inyubako igezweho iherereye I Kensington Palace barimo kubamo mu gihe banitegura kuza mu kwezi kwa buki mu bihugu By’Africa, aho binavugwa ko bashobora kuzasura...
Umupolisi Ndizeye Christophe wakoreraga kuri sitasiyo ya Mutenderi mu karere ka Ngoma mu ntara y’ Iburasirazuba yitabye Imana bitunguranye nyuma yo kuva mu kabari aho yari yasohokeye.
Mu...
Mu rukerera rwo ku wa 24 Mutarama uyu mwaka Polisi mu karere ka Ngoma yafatanye uwitwa Iyakaremye Evariste ibiro 30 by’urumogi abipakiye kuri moto ifite nimero za pulake RD 080 L; ikaba ikomeje...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 24 Ugushyingo,Umusore witwa Jean de Dieu Nzabonimana w’imyaka 21 wari usanzwe azwi ku izina rya Swingi yarasiwe mu Kagari ka Cyasemakamba , Umurenge wa...
Abana batanu bo mu kagari ka Kigabiro, umurenge wa Murama, akarere ka Ngoma, baridukiwe n’ikirombe bacukuragamo igishonyi, (itaka ryo gusiga ku nzu z’iwabo), bane bahita bapfa, umwe ararokoka
Saa...
Nyuma y’ iminsi mike umwami Jean Baptiste Ndahindurwa ariwe Kigeli V Ndahindurwa atangiye muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika humvikanye amakuru avuga ko uyu mwami yasize avuze uzamusimbura. Ngo ni...
Mu murenge wa Remera mu karere ka Ngoma ni hamwe mu duce dutuwe n’abaturage batagira ubwiherero n’ababufite bukaba butameze neza. Ubuyobozi bufatanyije n’abaturage biyemeje guhangana n’iki kibazo...
Mu murenge wa Kazo, mu karere ka Ngoma aborozi bo baravuga ko inka zabo zimaze iminsi zibasiwe n’indwara bataramenya ubu imaze guhitana inka 20 mu mezi abiri gusa iyi ndwara imaze igaragaye muri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Goma habereye imyigaragambyo ikomeye y’Abanye-Congo bamaganaga u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 uhanganye n’igisirikare...
Perezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter,...
Nyuma y’urupfu rw’Umwamikazi Elizabeth II mu Bwongereza, itsinda ry’abadashyigikiye ubutegetsi bwa cyame ryagerageje kwigaragambya risaba ko buvaho burundu.
Ubwo yavugaga ku myanzuro yafashwe n’inama yahuje ba Perezida Felix Tshisekedi na Paul Kagame i New York, Tina Salama, umuvugizi wungirije wa perezida wa DR Congo yavuze ko umutwe wa FDLR...
Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza...
Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi mu burasirazuba bwa Congo baravuga ko bakomeje gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku moko biturutse ku magambo y’urwango ya bamwe mu bategetsi b’iki...
Kuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi...