Umukuru w’abakozi (Chief of staff) ba perezida Felix Tshisekedi,Vital Kamerhe,yashyingiranywe na Amida Shatur wagacishijeho mu rukundo n’icyamamare mu muziki, JB Mpiana, mu bukwe bwavugishije...
Umugabo ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo yatawe muri yombi azira guca umutwe umugore we n’umuhungu we uri munsi y’imyaka 18 kuwa Gatanu w’iki cyumweru, nyuma yo kubisabwa...
Umubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,...
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yaguwe nabi ubwo yarimo avuga ijambo rye nyuma yo kurahira bituma benshi bagira...
Martin Fayulu watsinzwe amatora muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo na Felix Tshisekedi yatangaje ko agiye kujuririra ibyavuye mu matora mu rukiko rurinda itegeko nshinga kuko yatsinze...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amashuri yose azatangirira rimwe kuwa 14 Mutarama 2019,ndetse nta mashuli agomba gufungwa nkuko byari byatangajwe na WDA ku munsi...
Abajura 3 bitwaje intwaro bateze abantu bari bagiye gusura ishusho y’icyamamare ya Yezu iherereye mu mujyi wa Rio de Janeiro bambura buri wese ibyo yari afite byose gusa nta muntu wapfiriye muri...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’umuvugizi wa Leta, Dr Sezibera Richard yatangaje ko ibihugu bishyigikiye inyeshyamba zigamije guteza umutekano muke mu Rwanda bishobora guhura...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho benshi mu baturage bayitabiriye mu bwoba bwinshi bikanga...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko abasirikare b’u Rwanda bagera kuri batatu baguye mu gitero giheruka cy’abarwanyi b’Umutwe wa FDLR mu Karere ka...
Urugendo rw’Amavubi mu gikombe cy’Afurika cy’Abatarengeje imyaka 23 ndetse no kwerekeza mu mikino olimpike izabera Tokyo 2020,rurangiye nabi kuko anyagiwe na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo...
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya...
Ikipe y’igihangange ku mugabane wa Africa,TP Mazembe, iri mu biganiro n’umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo, kugira ngo ajye gusimbura umutoza wabo Mihayo Kazembe udahagaze...
Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Tariki ya 4 Nyakanga ni umunsi ukomeye ku banyarwanda kuko aribwo bizihiza umunsi wo kwibohora ibihe bibi byatangiye ubwo abazungu bageraga mu Rwanda mu mwaka w’ 1884 kugeza kuri Jenoside yakorewe...
Mu nshamake y’ uko isi yiriwe harimo ko umubano w’ u Rwanda na Uganda ukirimo agatotsi, Amerika yahagarikiye Visa abashinja ruswa muri Congo, mu Burundi Perezida Nkurunziza ntabwo azaba Minisitiri...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018, muri Espagne Minisitiri w’ Intebe yatakarijwe icyizere, mu Rwanda Bernard Makuza yakiriye ambasaderi wa Ethiopia, mu karere ingagi zo mu birunga...