skol

Ad Restricted

Ibintu 20 umukobwa yakora bigatuma umusore bakundana yifuza kumurongora

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze (…)

Dore imiterere y’umukobwa udashobora guhera ku ishyiga

Muri iki gihe usanga abahisi n’abagenzi bavuga ko bitoroshye kubona umwari ufite imico myiza (…)

Mutoni Assia yatangaje ibyo umusore wifuza kwigarurira umutima we agomba kuba yujuje

Assia yavuze ko umusore ufite ijwi ryiza ,uzi kwita k’umukunzi we ,ndetse umutega amatwi (…)

Manyobwa uzwi muri musekeweya yavuze umuhanzi wo mu Rwanda akunda cyane

Umukinnyi wa filime uzwi nka Manyobwa muri musekeweya yavuze ko akunda umuhanzi Tom Close ndetse (…)

Ese Safi ashobora kongera kuririmbira ku rubyiniro rumwe na Urban Boys yahozemo?

Bad Rama ukuriye The Mane ifasha Safi Madiba yasubije ko ibyo byaturuka ku bushake bw’abahanzi, (…)

Dore impamvu 5 zituma benshi mu byamamare nyarwanda bataramba mu rukundo

Mu mpamvu 5 wafata nk’imbarutso yo kutarambana mu rukundo kwa benshi mu byamamare nyarwanda dore (…)

Mukobwa dore ibimenyetso 6 by’ingenzi byakwereka ko utagifite agaciro imbere y’umuhungu mukundana

Akenshi iyo ubushuti hagati y’umuhungu n’umukobwa bigeze ku ndunduro yo gusenyuka, umwe aba (…)

Dore impamvu zituma umukobwa mwakundanye ashobora kukugarukira mu gihe mwashwanye

Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho.cyera kabaye nka nyuma y’amezi (…)

Kim Kardashian n’umugabo we Kanye West basekaye mu gihugu cya Uganda

Kanye West n’umufasha we Kim Kardashian bari kubarizwa mu gihugu cy’ubugande aho bari kuhakorera (…)

Umuyobozi wa The Mane ibarizwamo Safi yakomoje ku masezerano yagiranye n’itsinda rya Urban Boys

Umuyobozi mukuru wa The Mane ari we Bad Rama yavuze ko amasezerano basinyanye na Urban Boys ari (…)

Sebera wavuzweho kubenga Saphine wo muri Seburikoko agiye gukora ubukwe n’umukobwa wo muri City Maid

Uwineza Nicole ukina muri filime y’uruhererekane ya City Maid agiye gukora ubukwe na Sebera (…)

Desire Luzinda wamamaye kubera amafoto y’urukozasoni yatangaje igihe yatakarije ubusugi bwe

Desire Luzinda yatangaje ko yaryamanye n’umuhungu bwa mbere mu mwaka wa 2003 ,akaba ari naho (…)

Niba ugira umujinya w’umuranduranzuzi ihutire kujya kwa muganga

Inzobere mu kuvura uburwayi bwo mu mutwe zitangaza ko umujinya mwinshi ari kimwe mu (…)

Dore ibibi byo kugira umubano udasanzwe n’uwo mwakundanye mugatandukana

Nta muntu n’umwe mu buzima bwe wifuza kujya mu gitabo cy’amateka mabi yagize mu rukundo rwe rwa (…)

Kanye West ngo aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mwaka wa 2024

Umuhanzi Kanye West atangaza ko aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu (…)