skol

Ad Restricted

Ikibuno kinini n’uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza

Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma (…)

Kizito Mihigo yagiriye inama abahanzi bagenzi be bifuza ko indirimbo zabo ziramba

Kizito Mihigo yavuze ko ubutumwa umuhanzi yaririmbye mu ndirimbo aribwo butuma idasaza.

Abahanzi,ababwirizabutumwa n’abandi batandukanye bashenguwe n’urupfu rwa Mucyo Sabine

Ahagana mu ma saha ya saa tanu z’amanywa ku itariki ya 4 Ukwakira 2018 ni bwo hamenyekanye (…)

Fuade uzwi nka ‘Papa w’abatoto’ kuri Radio10 yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ingabire

Uwihanganye Fuade yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ingabire Bilha bari bamaze igihe (…)

Young Grace yatangaje ikintu akundira Piqué ndetse n’umwaka bateganya gukoreramo ubukwe

Young Grace yavuze ko ashobora gukora ubukwe na Piqué muri 2019 ariko ntabishimangire cyane (…)

Tv1 ,Pamaco na RDB bari mu bahembwe kubera gutanga service nziza mu Rwanda

Kuwa wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2018 nibwo hatanzwe ibihembo bizwi nka ‘Service (…)

Marina ahangayikishijwe no kuba yarakunze umusore urudashoboka

Umuhanzikazi Marina atangaza ko nyuma yo gukunda umusore ariko akabona ko yarakunze (…)

Miss Anastasie yiteguye kwambara ikariso n’isutiye mu marushanwa ya Miss Earth 2018

Umutoniwase Anastasie watsindiye ikamba ryamuhesheje itike yo guhagararira u Rwanda muri Miss (…)

Urban Boys bagize icyo bavuga ku ifoto bashyize hanze bari kumwe n’umujyanama wa Safi Madiba

Urban Boys bavuze ko impapuro bagaragaye bafashe muriki cyumweru aribwo bazatangaza amasezerano (…)

Kanye West yasibye konte ye ya instagram na twitter

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Kanye West yasibye konte ye ya instagram ndetse na twitter kubera (…)

Ibyo umukobwa akwiye kubanza gutekereza mbere y’uko yambarira ubusa umusore w’iki gihe

Muri iki gihe ubusambanyi bumaze gufata indi ntera hagati y’abasore n’abakobwa bitwaje urukundo, (…)

Diamond ku isabukuru ye y’amavuko yahawe ubutaka agiye kubakamo Sitade[AMAFOTO]

Meya w’umujyi wa Dar es Salaam yahaye Diamond ubutaka muri uriya mujyi ku isabukuru y’uyu (…)

Dusabimana Emmanuel ngo amafaranga akura mu bupfumu niyo ashora mu muziki

Lucky Fire ngo amafaranga ashora mu muziki niyo akura mu murimo w’ubupfumu yarazwe na se umubyara.

Kim Kardashian yongeye gushyira hanze ifoto yiyambitse umwambaro ukozwe mu buryo budasanzwe

Kim Kardashian yashyize hanze amafoto yambaye umwenda ukozwe mu buryo butangaje ubwo (…)

Dore byinshi utazi kuri Mtukudzi utegerejwe mu Rwanda mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction

Umuhanzi Mtukudzi ufite inkomoko muri Zimbabwe ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo cya Kigal Jazz (…)