skol

Imyidagaduro

Mu magambo yuzuye ibitutsi no gusebanya Chameleone yibasiye Bebe Cool

Umuririmbyi Chameleone yongeye kwerekana ko adacana uwaka na Bebe Cool nyuma y’uko amwibasiye mu (…)

Dj Khaled yihaye intego yo kugabanya ibiro akava ku 157

Umuraperi akaba n’umushyushyabirori Khaled Mohamed Khaled [DJ Khaled] w’imyaka 40 y’amavuko (…)

Ingengabihe y’igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2018

Kompanyi ya Rwanda Inspiration Backup isanzwe itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva muri 2014 (…)

Nyina wa Diamond yaba atwite-AMAFOTO

Umubyeyi w’umuhanzi Diamond Platnmuz ariwe Sanura biravugwa y’uko yaba atwite nyuma y’igihe (…)

Senderi yakomoje ku bivugwa ko adashobora gutera akabariro n’igihe azakorera ubukwe

Umuririmbyi Senderi International Hit n’andi mazina menshi yiyongeraho aratangaza ko nta gahunda (…)

Umukunzi wa Humble yakorewe ibirori byo guha ikaze umwana agiye kubyara

Umunyamerikakazi, Amy Blauman umukunzi w’umuhanzi Humble Jizzo wa Urban Boys, yakorewe ibirori (…)

Nick Minaj n’umukunzi we bashyize iherezo ku rukundo rwabo

Umuhanzi Onika Tanya Maraj [Nicki Minaj]n’umukunzi we Nas bamaze gutandukana nyuma y’igihe gito (…)

Papa wa Diamond yagaragaje umujinya aterwa n’abakazana be bakomeje gutongana

Umubyeyi w’umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnmuz yagaragaje umujinya ukomeye aterwa n’abakazana (…)

Miss Teta yatunguranye yerekana imiterere y’umubiri we

Miss Teta Sandra wabaye igisonga cya 2 cya Nyampinga wa kaminuza y’ubucuruzi yahoze yitwa SFB (…)

Uwavuzwe mu rukundo na Kitoko yahishuye ko adashamajwe n’ubukwe

Umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella wavuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Kitoko Bibirwa,yavuze (…)

Umunyamakuru akomeje kwandikira ubutumwa icyamamare The Rock agisaba gutandukana n’umugore we bakibanira

Umugore w’imyaka 50 witwa Davina McCall yatangaje ko akomeje kwandikira ubutumwa kuri Twitter (…)

Apôtre Masasu yabyinnye mu rusengero urukweto rurahengama

Intuma Joshua Masasu Ndagijimana yagaragaye yahimbawe ari kubwiriza maze arabyina yirekuye, (…)

Senderi wugarijwe n’ubukene yatakambiye ubuyobozi bwa Bralirwa

Umuririmbyi Nzaramba Eric uzwi cyane nka Senderi International Hit yasabye abo bireba bafatanya (…)

‘2017 ni umwaka ntazibagirwa kuko nibwo napfupfunyutse mu rutoki’ Barafinda

Umugabo w’ I Kanombe mu karere ka Kicukiro witwa Barafinda Sekikubo Fred wavuzwe cyane mu mwaka (…)

Miss Ikirezi wa CBE yarushinganye n’uwo bamaranye imyaka 6

Miss Sandrine Ikirezi wabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubucuruzi n’Ubukungu (…)