skol

Imyidagaduro

Safi ntateze gusiba amafoto afitanye n’umukunzi we bashwanye

Madiba Safi wo mu itsinda rya Urban Boys uherutse gushwana n’umukunzi we bari bamaranye imyaka (…)

The Ben yemeje ko agiye kugaruka i Kigali

Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben yamaze kwemeza ko azaza i Kigali mu Rwanda, mu gitaramo (…)

Sugira wujuje inzu ebyiri muri Kigali yavuze ku mukobwa bitegura kurushinga muri 2018

Umukinnyi mpuzamahanga Sugira Ernest wamaze kugurwa n’ikipe ya APR FC avuga ko afite umukunzi (…)

Chameleone konti akoresha kuri instagram yibwe ndetse igiye gushyirwa ku isoko

Umuhanzi Dr Jose Chameleone yamaze gutangaza ko konti yakoreshaga kuri instagram yibwe ndetse ko (…)

Umutare Gaby n’umukobwa aherutse kurongora barabarizwa muri Australia

Umuririmbyi Umutare Gaby washakanye na Joyce Nzera mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga uyu (…)

Urban Boys, Meddy, The Ben na Dj Phil Peter bari mu bahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA-URUTONDE

The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter (…)

Miss Iradukunda wa RBA yarushinganye n’umusore bamaranye imyaka 6-AMAFOTO

Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga (…)

Aline yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Ni yo yabikoze’ yitsa cyane ku nzitane yahuye nazo-YAREBE

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yamuritse amashusho (…)

Phiona ntiyatinye kwerura ko urukundo rwe na Mico aribo babipanze kugira ngo bavugwe cyane

Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta (…)

Abana ba Rujindiri barifuza ko Perezida Kagame yabaha inanga ikabafasha kwigobotora ubukene

Abana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka (…)

Safi yahamije ko yatandukanye n’umukunzi we, ahakana ibyo kubyara umwana mu gasozi

Umuririmbyi Safi Madiba ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yamaze guhamya ko yatandukanye (…)

Nyampinga w’u Rwanda 2017 mu mwambaro wa ‘Bikini’ yerekanye ko azobereye umukino wo koga-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Kanama 2017 nibwo habaye irushanwa ryo koga ryiswe ‘Ndi (…)

Mu mitoma ihambaye Humble yashimye Imana yamugeneye umugore wuzuza umunezero we

Mu gihe Humble Jizzo n’umukunzi we w’umunyamerikakazi bitegura kurushinga bakomeje kuryoshya, (…)

The Ben yatumiwe mu muhango wo kwita ibyana by’ingagi amazina, kwinjira ni ibihumbi 99.600Rfw

Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben ku nshuro ya kabiri agiye kugaruka mu Rwanda mu gitaramo (…)

Umubyeyi wa Anita yamukoreshereje ibirori byo kwitegura imfura, ahishurirwa ko azabyara impanga-AMAFOTO

Anita Pendo wamamaye nk’umushyushyarugamaba, Dj akaba n’umunyamakuru wa RBA yanderewe n’umubyeyi (…)