skol

Ad Restricted

BUJUMBURA:Abantu bitwaje imbunda bateye abantu

Mu gihugu cy’u Burundi muri iyi minsi hakomeje kuvugwa ihungabana ry’umutekano rya hato na hato, (…)

Zimbabwe: Walter Mzembi wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yashyize ku karubanda Perezida Mnangagwa

Walter Mzembi wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Zimbabwe, yashyize ku karubanda (…)

Rubyiruko namwe babyeyi reba uburyo wakwitwara igihe urakaye cyangwa hari ukurakaje bikakurinda izindi ngaruka zirenze

“Nakankamiye mukuru wanjye maze nkubita urugi n’umujinya mwinshi, ku buryo akuma kari inyuma (…)

Hagaragajwe ibyago biterwa no gukoresha umunwa mugihe cyo gutera akabariro

Abashakashatsi, Dr Amanda Lewis wo muri Kaminuza ya California na bagenzi be, bavuga ko ibi (…)

Turatsinze Fils yatawe muri yombi ubwo yari yitabiriye ubutumire bw’uwo yibye moto

Kuri uyu wa kane tariki ya 27 Kanama 2020, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera mu Murenge wa (…)

Igitwenge ni umuti ukomeye kandi uboneka mu buryo bworoshye[Menya byinshi ku kamaro ko guseka]

Ni byiza kwishimana n’abantu mugaseka, ariko se mwari muzi ko guseka bifite akamaro gakomeye mu (…)

R. Kelly yakomerekeye bikomeye muri Gereza

Abunganizi mu mategeko ba R.Kelly batangaje ko yakubiswe n’imfungwa bafunganywe muri gereza yo (…)

Abantu 21 biganjemo urubyiruko bafatiwe muri restaurant yo mu Mujyi wa Kigali bari kwizihiza isabukuru y’amavuko

Mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, muri resitora yitwa ‘Cupp (…)

Umugore w’ikizungerezi arifuza umugabo wamurongora utanywa inzoga n’itabi uzi n’inshingano z’urugo[AMAFOTO]

Mugihe hari bamwe bari gushakisha gatanya kuko bataryohewe n’urushako, abandi batinya kurongora (…)

Miss Shimwa Guelda n’umugabo we Habimana Hussein bari mu byishimo bidasanzwe[AMAFOTO]

Miss Shimwa Guelda wabaye Miss Heritage akaba n’igisonga cya Miss Rwanda 2017, ari mubyishimo (…)

Reba akamaro k’imbuto z’ipapayi ku buzima bwa muntu n’abatazemerewe

Mu gihe benshi iyo tumaze kurya ipapayi tutibuka kubika imbuto zaryo, nyamara burya imbuto (…)

Perezida Museveni yiswe Bosco arabyemera,akaba yageneye ubutumwa bukomeye Bobi Wine

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, nyuma yo guhimbwa izina rya ‘Bosco’ n’abayoboke ba (…)