skol

Opinion

Reba ibintu 5 by’ingenzi mu buzima kurenza amafaranga

Ubundi usanga ibiroto bya buri umwe hano ku isi ari ukugira amafaranga menshi bityo mu buryo bwo (…)

Reba uburyo 8 bwiza kandi bworoshye warindamo inzara zawe zikaba nziza ndetse zikanakomera

Bishobora kuba bijya bikubaho ukabona inzara zawe zicika cyangwa zivunika kubera ko zoroshye, (…)

Reba uburyo 5 uburyo buciriritse bwagufasha guhangana n’ ingaruka umubiri wawe watewe n’ inzoga

Birumvikana ko muvuye muri weekend kandi mukaba ariwo mwanya mwabonye wo kwegera inshuti zanyu (…)

Dore impamvu zishoboka 5 zituma umuntu akunze kunanirwa vuba

Kunanirwa ni ibintu bisanzwe ariko byatewe n’ibintu runaka,nk’ibibazo ariko kunanirwa vuba byo (…)

Impamvu 10 zigaragaza ko umuneke utari icyo ucyeka ko uricyo

Abenshi bazi ko umuneke ari urubuto,ariko jye nababwira ko umuneke urenze no kuba imbuto,bitewe (…)

“Aho kuba umukiristo mubi wahakana Imana” Papa Francis

Umushumba Mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yakomoje ku bakiristo biyoberanya (…)

Abatangaje ko Yuhi VI ari we mwami uzasimbura Kigeli V bibeshye nkana cyangwa hari ikibyihishe inyuma ?

Kuri uyu wa 9 Mutarama 2017 nibwo hamenyekanye amakuru avugwa ko Emmanuel Bushayija ari we mwami (…)

Radio ya ADEPR yatangiye kumvikana ku murongo wa FM by’ igeragezwa

Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016, ahagana mu masaha ya saa kumi nibwo Radio y’ itorero rya ADEPR (…)

[Ubusesenguzi]: Ese koko FERWAFA yaba ariyo nkomoko y’ikibazo kigiye gutuma Pepiniere FC isezera muri shampiyona?

Ikipe ya Pepiniere FC, ni ikipe yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. (…)

Iby’ ingenzi mu bikubiye mu butumwa Papa Francis yageneye abatuye isi kuri uyu munsi wa ’Noheli’

Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya (…)

Nyamara Abanyarwanda barashonje

Mu turere hafi ya twose tw’ u Rwanda, icyo Abanyarwanda bahurizaho ni uko umutekano w’ ibiribwa (…)

Amwe mu mateka n’ inkomoko bya Noheli

Ijambo Noheli rikomoka ku ijambo ry’Igifaransa “Noël”, naryo ryakomotse mu Kilatini “Natalis” (…)

Musanze: Amadini y’ inzaduka aratungwa agatoki kunyunyuza imitsi y’ abaturage

Abatuye akarere ka Musanze bavuga ko babangamiwe n’ ubwiyongere bukabije bw’ amadini n’ (…)

Frank Habineza akurahe icyizere cyo gutsinda Perezida Kagame mu matora y’ umukuru w’ igihugu?

Mu gihe hasigaye amezi atandatu gusa, ngo abifuza guhatanira intebe y’ umukuru w’ igihugu cy’ u (…)

’Kuki wumva ko umuntu yaguhera amafaranga ko uri umukobwa mwiza gusa?’ Mgr Rukamba

Umuyobozi w’ inama y’ abepisikopi mu Rwanda Musenyeri Philippe Rukamba arakebura abakobwa n’ (…)