skol

Opinion

Indoto abantu barota kuruta izindi mu ijoro n’ibisobanuro byazo

Mu buzima bwa muntu ntihajya habura kurota n’injoro iyo uryamye bishobora kutaba buri munsi (…)

Sobanukirwa ubusobanuro n’imwe mu myitwarire iranga abantu bitwa aya mazina (AGACE KA KABIRI)

Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo (…)

Kagere Meddie nawe yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Rutahizamu Kagere Meddie ukina mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya yamaze guhabwa ubwenegihugu (…)

Me Mutunzi wigeze kuganira Leon Mugesera mu mategeko yitabye Imana

Me Mutunzi Donat wigeze kunganira mu mategeko Dr Léon Mugesera, yapfuye bivugwa ko yiyahuye, aho (…)

Mu myaka iri imbere u Rwanda ruzomoka kuri Afurika ruge ku wundi mugabane [AMAFOTO]

Abahanga bagaragaraje ko mu myaka iri imbere igice cy’ Afurika y’ ibirasirazuba kizamanyuka kuri (…)

Wenger amaze gutangaza ko atazakomezanya na Arsenal

Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger amaze gutigisa isi ya ruhago atangaza ko nyuma y’uyu (…)

Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza imyanya ye y’Ibanga [AMAFOTO]

Umuhanzikazi Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza cyane amabere ye ndetse na (…)

UKO MBIBONA: Dore aho Kwimika ruswa ishingiye ku gitsina mu itangwa ry’akazi bituruka

CV yawe ni nziza nimugoroba uze kunsanga mu cyumba cyanjye cya hoteli tuganire ku by’ akazi: (…)

Umugore w’ umwirabura yahaye isomo Abanyaburayi

Uko umugore abana n’ umugabo we n’ uburyo amugaragariza urukundo bigenda bitandukana bitewe n’ (…)

Oprah ari i Kigali mu muhango wo gushyingura Katauti

Irene Pancras Uwoya wamenyakanye nka Oprah muri filime yahuriyemo na Kanumba yageze mu Rwanda mu (…)

Umubyeyi wahoze mu buraya yatangaje icyamushenguraga kurusha ibindi aha inama abakiburimo

Umubyeyi w’ abana batatu utuye mu karere ka Rubavu yatangaje ubuzima yabayemo bwatumye yishora (…)

Urubanza rw’Abarwanashyaka ba Victoire bashinjwa kurema umutwe w’Ingabo rwasubitswe

Umucamanza mu rukiko rukuru yongeye gusubika urubanza abarwanashyaka b’ishyaka FDU Inkingi (…)

“Anita Pendo aherutse kubatizwa none agiye kubyara nta mugabo wemewe n’ amategeko” Umusomyi

Umwe mu basomyi w’ ikinyamakuru Umuryango yatwandikiye adusaba ko tumutambukiriza igitekerezo (…)

Ni inde uzasiba urwobo rw’amacakubiri, kwikubira n’inzangano rwicukuye muri ADEPR?

Bishop Sibomana Jean (Umuvugizi) na Bishop Rwagasana (Umuvugizi ushinzwe ubuzima bw’itorero (…)

Amatora 2017: Inzira zose zigera i Roma, ntabwo ari mu Urugwiro

Diane Rwigara na Philipe Mpayimana (uhetse umwana) bose batangaje ko baziyamamariza amatora (…)