skol

Ubuzima

Rutsiro:Umubikira yatawe muri yombi akurikiranyweho kwirengagiza umubyeyi uri kunda

Kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Mata 2023 urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze (…)

Ubuhamya bubabaje bwa Karangwa wa FERWAFA ufite ibikomere byo kudashyingura abe

Umukozi wa FERWAFA ushinzwe amarushanwa akaba n’umujyanama mu by’amategeko Karangwa Jules (…)

Hari impamvu wasigaye!Tijara yasabye Abanyarwanda gukomera no kuzirikana icyatumye basigara

Tijara Kabendera wamenyekanye mu Itangazamakuru yongeye guhumuriza abarokotse Jenoside yakorewe (…)

Iyo mpashyize ururabo ndaruhuka!Ubuhamya bubabaje bwa Pastor Brigitte utazi aho abe bashyinguye

Umushumba Mukuru w’Itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (The Power of God Church), Bishop (…)

Mwarakoze gusohoza umugambi w’Imana!B-Threy ashimira Inkotanyi

Umuraperi Muheto Bertrand wamenyekanye nka B-Threy yashimiye Inkotanyi zarokoye abatutsi (…)

Yatewe icumu, aratwikwa ariko Imana iramurokora!Ubuhamya bwa Kamanda Cheilla

Kamanda Sheilla warokokeye i Nyawera ubu ni mu Karere ka Kayonza yatanze ubuhamya bw’urugendo (…)

Ibitabo 5 birimo inkuru mpamo wasoma muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 (…)

Indirimbo zifashishijwe mu gukwirakwiza urwango n’amacakubiri biganisha kuri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Ubuhanzi ni kimwe mu bintu byifashishwa mu kwamamaza ibikorwa runaka cyangwa se kugeza ubutumwa (…)

Amateka yaranze umuhanzi Bikindi Simon wagize uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Bikindi Simoni ni rimwe mu mazina agaruka cyane mu gihe havugwa abantu bagize uruhare rukomeye (…)

Tubibuka iteka kuko batuye mu mitima yacu!Ubutumwa bwa Knowless ushimangira ko kurokoka ariyo nsinzi ikomeye

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi (…)

Dore ibyo ukwiye kwirinda kuko bishobora kwangiza impyiko zawe mu buryo bworoshye

Impyiko ni ingingo z’ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri wacu. Zifasha mu gusukura (…)

Dore bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko indwara y’umutima ishobora kukwataka mu buryo bworoshye

Umutima n’indwara mbi ikunze kwibasira abantu ikamenyekanda nyuma y’igihe gusa hari bimwe mu (…)

Muhanga:Umwarimu wa Kaminuza yishwe ashinyaguriwe

Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda witwa Charles Muhirwe yasanzwe mu Karere ka Muhanga mu Murenge (…)

Dore amwe mu magambo umugore akwiye kwibwira buri munsi bikamwongerera icyizere cy’ubuzima

Akenshi usanga ibyo abantu biyaturirah ariko bibagendekera ni byiza ko umuntu akwiye (…)

Menya ibintu 3 wakorera umwana wawe umubiri we ukagira ubudahangarwa budasanzwe

Ubudahangarwa bw’umubiri w’umwana avuka buri hasi, akaba ariyo mpamvu ari gacye uzumva batarwaye (…)