skol

Ubuzima

Imbwa mu nyamaswa zugarijwe n’agahinda gakabije kurusha izindi: Uko wakarinda iyawe

Ubushakashatsi butandukanye, nk’ubwasohotse mu kinyamakuru cya Science Direct mu wa 2020, (…)

Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ikigo gishinzwe guhugura abakozi bo mu (…)

Nyagatare:Rukomo inzu y’ababyeyi bubakiwe yabaye igisubizo ku bahabyarira

Abagana Ikigo Nderabuzima cya Rukomo mu Karere ka Nyagatare barishimira ko bubakiwe inzu (…)

Icyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu mu mboni z’abo mu Ngororero

Ingimbi n’abangavu biga ku ishuri rya GS Muhororo riherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka (…)

Kuki abagabo bazana uruhara, abagore ntibarugire?

Mbese wigeze wibaza uti, kuki abagabo bazana uruhara? 43% by’abagabo ku Isi bafite uruhara (…)

Sobanukirwa ‘Lazarus sign’, ibimenyetso bikorwa n’umuntu wapfuye

Abantu benshi ntibazi ko umuntu wapfuye aba ashobora gukora ibimenyetso by’umubiri kandi ingingo (…)

Bwa mbere abarwayi b’igicuri barindwi babagiwe mu Rwanda bigenda neza

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byatangaje ko ‘operations’ zo kubaga uburwayi bw’igicuri (…)

Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026

Nyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, (…)

Ubuhamya bwa Mukakamanzi wakize kanseri y’inkondo y’umura

Mukakamanzi Anathalie ni umubyeyi w’abana batanu, ufite ubuhamya bukomeye bw’uko yakize kanseri (…)

Kanseri y’inkondo y’umura ishobora gupimirwa ku mihango- Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko amaraso yo mu mihango y’umugore ashobora kwifashishwa mu (…)

Mu gihe gito tuzabona abaganga benshi kandi bari hose mu gihugu- Minisante

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko gahunda yo kongera umubare w’abakora mu rwego rw’ubuvuzi izwi (…)

Umuntu akwiye kunywa amazi angana gute ku munsi?

Iyo wumvise unaniwe, ufite uruhu rwumye cyangwa wumva utameze neza, abantu benshi bahita (…)

Imyumvire nkene ikomeje kuba intambamyi mu kurwanya indwara zititaweho mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugiu cy’Ubuzima, RBC, cyagaragaje ko imwe mu myumvire ndetse n’ubukene (…)

U Rwanda rwahawe na BAD miliyari 43 Frw yo guteza imbere ubuvuzi

Banki y’Amajyambere ya Afurika yemeje miliyoni 29,85$ (arenga miliyari 43,5 Frw) yo gufasha (…)

RBC yaburiye abahinga mu bishanga bambaye ibirenge

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyaburiye abahinga mu bishanga bambaye ibirenge ndetse nta (…)