skol

Ubuzima

Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000

Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima mu Rwanda, DHS7, bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu (…)

Abahabwa imiti igabanya Virusi itera SIDA bagiye kujya baterwa urushinge rw’amezi atandatu mu cyimbo cy’ibinini

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, kiri kuvugana n’abafatanyabikorwa ba Leta mu byo (…)

Hatanzwe impuruza ku dukoko tuba mu mubiri tutagishoboye kuvurwa n’imiti

Ikigo cy’Igihugu Cyita ku Buzima, RBC cyagaragaje ko hari udukoko dusigaye tuba mu mubiri dufite (…)

Buri mwaka Abanyarwandakazi 700 basanganwa kanseri y’inkondo y’umura

Kanseri y’inkondo y’umura ni mwe muri kanseri zugarije abagore nyuma ya kanseri y’ibere aho (…)

Mu Rwanda hatangiye kubakwa laboratwari ipima indwara zikomoka ku nyamaswa

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, ari kumwe na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. (…)

Abarwaye kanseri y’inkondo y’umura mu Rwanda bageze ku 5.600

Ikigo cy’Igihugu Cyita ku Buzima,RBC kigaragaza ko abagore n’abakobwa barwaye kanseri y’inkondo (…)

Minisitiri Dr. Nsanzimana yasabye ababyeyi kutohereza ku ishuri abana barwaye ibicurane

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasabye ababyeyi ko mu gihe abana baba barwaye (…)

Umuti mushya wagaragaje ubushobozi bwo guhangana na malaria ku kigero cya 97%

Umuti uzwi nka ‘ganaplacide/lumefantrine’ cyangwa ’GanLum’ wakozwe n’Ikigo Novartis cyo mu (…)

Rubavu: Hadutse “Ibicurane bifite ubukana bwinshi” bimaze guhitana abana 3

Inzego zitandukanye mu Karere ka Rubavu, ziremeza ko hadutse icyorezo cya grippe kimaze guhitana (…)

Abantu miliyoni 10 bashobora kuzandura igituntu mu myaka icumi iri imbere

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS ryatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni (…)

RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka (…)

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi rizamara umunsi wose mu turere dutatu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) cyatangaje ko mu turere twa Gicumbi, Nyagatare na (…)

Umunyarwenya Salvado yashimiye abamubaye hafi ari kwa muganga

Umunyarwenya Patrick Salvado yagaragaje ko yavuye mu bitaro anagenera ubutumwa bushimira (…)

Uburwayi bw’ingingo buzwi nka ‘Clubfoot’ buravurwa bugakira

Dr Hanyurwimfura Jean Damascène, Umuyobozi w’Ibitaro bya Masaka, avuga ko uburwayi bw’ingingo (…)

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19 rufasha mu kuvura kanseri

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19, rushobora gufasha mu kuvura kanseri, (…)