skol

Ubuzima

Urwego rw’ubuzima rwashowemo miliyari 948.5 Frw mu myaka 2

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko urwego rw’ubuzima rwashyizwemo agera kuri miliyari (…)

Nyamasheke: Ikigo Nderabuzima cya Yove kigiye kongererwa ubushobozi mu korohereza abaturiye Pariki ya Nyungwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 (…)

Hemejwe imiti mishya ya Malaria igenewe abana bari munsi y’imyaka itanu

Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC) (…)

U Rwanda ruzageza mu gihugu hose umuti urinda abantu kwandura SIDA mu mezi abiri

Inzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA (…)

Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa

Ubusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, (…)

Abaganga ba Korea bishimiye kongera ubumenyi bwo kubaga mu Rwanda

Abaganga b’impuguke mu kubaga indwara zitandukanye n’abaforomo bamaze iminsi mu ruzinduko (…)

Gatsibo: Aracyari imanzi ku myaka 74

Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu (…)

Sida iracyari ikibazo cyane cyane ku rubyiruko - Minisitiri Dr. Nsanzimana yatanze umuburo

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaraje ko nubwo u Rwanda rwateye intambwe (…)

Kugira inzozi mbi byongera ibyago byo gupfa vuba - Ubushakashatsi

Kurota, ukagira inzozi igihe uryamye ni ibintu bisanzwe ndetse nta muntu bitabaho, ariko uzumva (…)

Ubuhamya bw’umugabo wongeresheje indeshyo ye, akava kuri metero 1,71 akagera kuri 1,95

Umugabo w’imyaka 23 wo mu Budage, Leon Otremba, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga (…)

CHUK yahawe ‘Ultrasound’ igezweho isuzuma ibibazo byose umwana uri mu nda afite

Ihuriro ry’abaganga bavura indwara z’abagore, RSOG, rikomeje kugira uruhare rufatika mu guteza (…)

Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 (…)

U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje intambwe yatewe mu rwego rw’ubuvuzi, ubu mu Rwanda hakaba (…)

Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa (…)

Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu (…)