skol

Amakuru

Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha

Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko (…)

Diddy yasabye indishyi ya miliyari 145 Frw ikinyamakuru ashinja kumusebya

Sean “Diddy” Combs yongeye gukaza urubanza aregamo ikinyamakuru ndetse n’abakigaragayemo (…)

Gatsibo: Bakusanyije miliyoni 12 Frw bisanira ibiro by’Akagari

Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe n’uruhare (…)

U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari

Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, u Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo (…)

Iran yafunze abarenga ibihumbi 21 bakekwaho gukorera ibyaha mu ntambara yayo na Israel

Polisi ya Iran yatangaje ko yataye muri yombi abarenga ibihumbi 21, ibakekaho gukora ibyaha (…)

Perezida Putin yashimye Koreya ya Ruguru yamufashije kubohora ‘Kursk’

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yashimye ubutwari bwa mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim (…)

Imbonerakure zagiye kurwanya AFC/M23 zashinje Leta y’u Burundi kuzibeshya

Urubyiruko rw’Imbonerakure rwagiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Abana bangana na 10% bavuka buri mwaka ntibandikwa mu irangamimerere

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu bana barenga ibihumbi 340 (…)

Hari gukorwa amadarubindi y’akataraboneka azafasha abafite ibibazo byo kutumva neza

Abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye muri Écosse bari gukora amadarubindi afite (…)

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu (…)

U Bwongereza: Imfungwa ibihumbi 26 zararekuwe mu kugabanya ubucucike muri gereza

U Bwongereza bwarekuye imfungwa ibihumbi 26 zirimo n’izari zarakatiwe ibihano biremereye, mu (…)

Donald Trump ashobora gusura u Burusiya

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko (…)

Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana

Nsanzimana Théogène, wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka (…)

Amerika yahannye PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 12 Kanama 2025 zafatiye ibihano umutwe witwaje intwaro wa (…)

Musenyeri Mbanda yashenguwe n’Itorero Angilikani rya Wales ryemeye kuyoborwa n’umwe mu baryamana bahuje ibitsina

Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, GAFCON, wamaganiye kure (…)