skol

Amakuru

Gen Muhoozi yababariye Gen Tinyefuza wamwibasiye igihe kinini

Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen (…)

Mama Mukura yitabye Imana

Umufana ukomeye w’Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, (…)

Kigali: Urubyiruko rwasobanukiwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe bavuga ko bajyaga bibwira ko (…)

Gahunda zo muri Afurika zigamije amahoro mu burasirazuba bwa RDC zigiye guhuzwa

Ku wa 1 Kanama 2025, Perezida William Ruto wa Kenya akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa (…)

Umuti kuri bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange i Kigali zitinda zitegereje kuzura

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo by’impuguke mu gutwara abantu n’ibintu (…)

Joe Biden yemeza ko ahazaza ha Amerika hari mu marembera

Joe Biden wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu 2021 kugeza mu 2025 yatangaje (…)

Kigali: Batatu batawe muri yombi bacuruza urumogi na kanyanga

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu Karere ka Gasabo na (…)

Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi w’Umuganura

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi (…)

U Burayi: Pasiporo ntizizongera guterwamo kashe

Guhera ku wa 12 Ukwakira 2025, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, uzatangira gukoresha (…)

Rutsiro: Afunzwe akekwaho kwica mugenzi we amuteye icyuma mu mutima

Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima (…)

AFC/M23 iteganya gushyiraho inkiko mu bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo riteganya (…)

Agaciro ka Microsoft kageze kuri miliyari 4000$

Agaciro ka Microsoft kageze kuri miliyari 4000$, iba ikigo cya kabiri kigeze kuri uru rwego, (…)

Mu Rwanda abarimu ibihumbi 26 bari mu kazi ntibize uburezi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB rwatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi 26 (…)

U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya Komite ihuriweho (…)

Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel yategetse abadipolomate n’imiryango yabo kuva byihuse (…)